AMAFOTO 🚨 Mu Mujyi wa Kigali hateraniye inama iri kuganirirwamo ishusho y’uburezi mu Rwanda hibandwa ku mashuri y’incuke n’abanza.
Iyi nama yitabiriwe n’abayobozi mu nzego zitandukanye za Leta, abikorera, abafatanyabikorwa mu bijyanye n’uburezi, iribanda ku bibazo biri mu burezi ndetse n’uko byahabwa umurongo mu kubishakira umuti urambye. MMinistry of Education, Rwanda