🚨 AMAKURU MASHYA 🚨 Perezida Donald Trump wa Amerika yakuyeho umushinga wa 'Power Africa' wari warashyizweho na Barack Obama agamije gufasha Afurika kubona umuriro w'amashanyarazi.
Mu Rwanda , Power Africa yari mu mishinga nka 8.5MQ Agahozo - Shalom Solor Power Plant na 89MW HQ Peat Plant.
Uyu mushinga wa Power Africa washinzwe ubwo Barack Obama yari ageze muri Tanzania, naho muri 2022 u Rwanda rwakira inama ya 9 ya Power Africa yareberaga hamwe aho umushinga ugeze.