Teta Sandra yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cyo gukemeretsa umugabo we Weasel nyuma yo kumugonga ku bushake.
Polisi ya Uganda yemeje amakuru y’uko yataye muri yombi Teta Sandra, kuri ubu akaba afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Kabalagala.
Teta Sandra yatawe muri yombi nyuma yo kugonga inshuro eshatu umugabo we Weasel urwariye mu bitaro bya Nsambya, ibi bikaba byabaye mu ijoro ryo ku wa 6 Kanama 2025.
Umwe mu bari aho byabereye yabwiye Polisi ko Teta Sandra yagonze inshuro eshatu umugabo we Weasel bituma agira imvune ku maguru yombi, ibi bikaba byabereye ku kabari kitwa Chans gaherereye Munyonyo.
Teta Sandra yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cyo gukemeretsa umugabo we Weasel nyuma yo kumugonga ku bushake.
Polisi ya Uganda yemeje amakuru y’uko yataye muri yombi Teta Sandra, kuri ubu akaba afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Kabalagala.
Teta Sandra yatawe muri yombi nyuma yo kugonga inshuro eshatu umugabo we Weasel urwariye mu bitaro bya Nsambya, ibi bikaba byabaye mu ijoro ryo ku wa 6 Kanama 2025.
Umwe mu bari aho byabereye yabwiye Polisi ko Teta Sandra yagonze inshuro eshatu umugabo we Weasel bituma agira imvune ku maguru yombi, ibi bikaba byabereye ku kabari kitwa Chans gaherereye Munyonyo.
Teta Sandra yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cyo gukemeretsa umugabo we Weasel nyuma yo kumugonga ku bushake.
Polisi ya Uganda yemeje amakuru y’uko yataye muri yombi Teta Sandra, kuri ubu akaba afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Kabalagala.
Teta Sandra yatawe muri yombi nyuma yo kugonga inshuro eshatu umugabo we Weasel urwariye mu bitaro bya Nsambya, ibi bikaba byabaye mu ijoro ryo ku wa 6 Kanama 2025.
Umwe mu bari aho byabereye yabwiye Polisi ko Teta Sandra yagonze inshuro eshatu umugabo we Weasel bituma agira imvune ku maguru yombi, ibi bikaba byabereye ku kabari kitwa Chans gaherereye Munyonyo.