By bienvenudo.com
Sat, 31-May-2025, 13:27
google.com, pub-8424431947926653, DIRECT, f08c47fec0942fa0
AFC/M23 yatangaje ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila Kabange wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo imyaka 18 uherutse kuva mu buhungiro, bushimangira ko azagira uruhare mu rugendo rwo kuzanira iki Gihugu amahoro arambye.
Ni nyuma y’iminsi micye ubuyobozi bw’iri Huriro bwemeje ko Kabila yamaze kugera i Goma, umujyi umaze igihe ubohowe n’iri huriro, ari na wo rifitemo icyicaro gikuru.
Kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Gicurasi 2025, Umuhuzabikorwa wa AFC/M23, Corneille Nangaa yatangaje ko ubuyobozi bw’iri Huriro bwahuye na Perezida Joseph Kabila.google.com, pub-8424431947926653, DIRECT, f08c47fec0942fa0
AFC/M23 yatangaje ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila Kabange wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo imyaka 18 uherutse kuva mu buhungiro, bushimangira ko azagira uruhare mu rugendo rwo kuzanira iki Gihugu amahoro arambye.
We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!
Have a great day!