google.com, pub-8424431947926653, DIRECT, f08c47fec0942fa0
Danny Nanone yagaragaje ko hari abagabo bahohoterwa bagaceceka, bityo inzego zitandukanye za Leta zikwiye guhagurukira iki kibazo kuko ari kimwe mu bibangamye kandi bidakunze kuvugwa cyane.
Uyu muhanzi yabikomojeho mu kiganiro The Choice Live nyuma y’inkuru ziherutse gusakara z’umukobwa witwa Busandi Moreen umushinja kumwima indezo z’umwana babyaranye, ndetse akaza no gutera iwe, agasohora ibikoresho bye.
Danny Nanone yabajijwe niba abona hari abagabo bahohoterwa, asubiza ko bahari kandi ari ikibazo inzego za Leta zikwiye guha umurongo.
Ati “Sindi bubivuge neza nk’uko ubivuze gusa icyo navuga ni uko ababishinzwe n’ababifitiye ububasha, bazajye bareba impande zombi.”
@bienvenudo
Danny Nanone yagaragaje ko hari abagabo bahohoterwa bagaceceka, bityo inzego zitandukanye za Leta zikwiye guhagurukira iki kibazo kuko ari kimwe mu bibangamye kandi bidakunze kuvugwa cyane.
Uyu muhanzi yabikomojeho mu kiganiro The Choice Live nyuma y’inkuru ziherutse gusakara z’umukobwa witwa Busandi Moreen umushinja kumwima indezo z’umwana babyaranye, ndetse akaza no gutera iwe, agasohora ibikoresho bye.
Danny Nanone yabajijwe niba abona hari abagabo bahohoterwa, asubiza ko bahari kandi ari ikibazo inzego za Leta zikwiye guha umurongo.
Ati “Sindi bubivuge neza nk’uko ubivuze gusa icyo navuga ni uko ababishinzwe n’ababifitiye ububasha, bazajye bareba impande zombi.”
#bienvenudo