google.com, pub-8424431947926653, DIRECT, f08c47fec0942fa0
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Gicurasi, abapolisi b’u Rwanda 240 bagize itsinda RWAFPU1 riri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS) bambitswe imidari y’ishimwe.
Ni mu muhango wabereye mu mujyi wa Malakal, witabirwa n’abayobozi batandukanye barimo abo muri Leta ya Sudani y’Epfo, abakozi b’umuryango w’Abibumbye bakomoka mu bindi bihugu n’abahagarariye inzego z’umutekano muri icyo gihugu.
Paul Adejoh Ebikwo, uhagarariye umuryango w’Abibumbye mu Ntara ya Upper-Nile yabereyemo uyu muhango ari nawe wari umushyitsi mukuru, yashimiye abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa by’umwihariko abagize umutwe wa RWAFPU1 n’ubuyobozi bwawo ku muhate n’imbaraga bagaragaje mu gukora batizigama, baharanira kuzuza inshingano zabo zo kurinda no kurengera abafite ubuzima buri mu kaga.
AMAFOTO 🚨 Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Gicurasi, abapolisi b’u Rwanda 240 bagize itsinda RWAFPU1 riri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS) bambitswe imidari y’ishimwe.
Ni mu muhango wabereye mu mujyi wa Malakal, witabirwa n’abayobozi batandukanye barimo abo muri Leta ya Sudani y’Epfo, abakozi b’umuryango w’Abibumbye bakomoka mu bindi bihugu n’abahagarariye inzego z’umutekano muri icyo gihugu.
Paul Adejoh Ebikwo, uhagarariye umuryango w’Abibumbye mu Ntara ya Upper-Nile yabereyemo uyu muhango ari nawe wari umushyitsi mukuru, yashimiye abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa by’umwihariko abagize umutwe wa RWAFPU1 n’ubuyobozi bwawo ku muhate n’imbaraga bagaragaje mu gukora batizigama, baharanira kuzuza inshingano zabo zo kurinda no kurengera abafite ubuzima buri mu kaga.
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Gicurasi, abapolisi b’u Rwanda 240 bagize itsinda RWAFPU1 riri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS) bambitswe imidari y’ishimwe.
Ni mu muhango wabereye mu mujyi wa Malakal, witabirwa n’abayobozi batandukanye barimo abo muri Leta ya Sudani y’Epfo, abakozi b’umuryango w’Abibumbye bakomoka mu bindi bihugu n’abahagarariye inzego z’umutekano muri icyo gihugu.
Paul Adejoh Ebikwo, uhagarariye umuryango w’Abibumbye mu Ntara ya Upper-Nile yabereyemo uyu muhango ari nawe wari umushyitsi mukuru, yashimiye abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa by’umwihariko abagize umutwe wa RWAFPU1 n’ubuyobozi bwawo ku muhate n’imbaraga bagaragaje mu gukora batizigama, baharanira kuzuza inshingano zabo zo kurinda no kurengera abafite ubuzima buri mu kaga.
AMAFOTO 🚨 Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Gicurasi, abapolisi b’u Rwanda 240 bagize itsinda RWAFPU1 riri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS) bambitswe imidari y’ishimwe.
Ni mu muhango wabereye mu mujyi wa Malakal, witabirwa n’abayobozi batandukanye barimo abo muri Leta ya Sudani y’Epfo, abakozi b’umuryango w’Abibumbye bakomoka mu bindi bihugu n’abahagarariye inzego z’umutekano muri icyo gihugu.
Paul Adejoh Ebikwo, uhagarariye umuryango w’Abibumbye mu Ntara ya Upper-Nile yabereyemo uyu muhango ari nawe wari umushyitsi mukuru, yashimiye abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa by’umwihariko abagize umutwe wa RWAFPU1 n’ubuyobozi bwawo ku muhate n’imbaraga bagaragaje mu gukora batizigama, baharanira kuzuza inshingano zabo zo kurinda no kurengera abafite ubuzima buri mu kaga.
#bienvenudo.com