google.com, pub-8424431947926653, DIRECT, f08c47fec0942fa0
AMAFOTO
Princess Priscillah umaze imyaka 12 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ari kwizihiza isabukuru y’imyaka 32 y’amavuko. Princess Priscilla usigaye yitwa Scilla ni umwe mubakobwa bakanyujijeho mu myaka yo ha mbere muri muzika Nyarwanda aho yamamaye mu ndirimbo zitandukanye zirimo n'izo yakoranye n'abandi bahanzi nka 'Nta Cyadutanya’ yakoranye na The Ben, ‘Harabura iki’ yakoranye na King James, ‘Nka Paradizo’ yakoranye na Meddy n’izindi.
Princess Priscillah yagiye muri Amerika muri 2013 agiye kwiga ntiyagaruka gutura mu Rwanda. Yakomeje gukorera yo umuziki, gusa nyuma amera nk’uwibagiranye kuko atakiwushyiramo imbaraga nka mbere.
Bamwe mu bamwifurije isabukuru y'amavuko harimo na Christopher nawe wahinduye izina akaba yitwa Topher kugeza ubu ukaba utapfa kumenya niba atuye mu Rwanda cyangwa niba nawe yaragiye gutura muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
AMAFOTO 🚨 Princess Priscillah umaze imyaka 12 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ari kwizihiza isabukuru y’imyaka 32 y’amavuko. Princess Priscilla usigaye yitwa Scilla ni umwe mubakobwa bakanyujijeho mu myaka yo ha mbere muri muzika Nyarwanda aho yamamaye mu ndirimbo zitandukanye zirimo n'izo yakoranye n'abandi bahanzi nka 'Nta Cyadutanya’ yakoranye na The Ben, ‘Harabura iki’ yakoranye na King James, ‘Nka Paradizo’ yakoranye na Meddy n’izindi.
Princess Priscillah yagiye muri Amerika muri 2013 agiye kwiga ntiyagaruka gutura mu Rwanda. Yakomeje gukorera yo umuziki, gusa nyuma amera nk’uwibagiranye kuko atakiwushyiramo imbaraga nka mbere.
Bamwe mu bamwifurije isabukuru y'amavuko harimo na Christopher nawe wahinduye izina akaba yitwa Topher kugeza ubu ukaba utapfa kumenya niba atuye mu Rwanda cyangwa niba nawe yaragiye gutura muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
#bienvenudo Entertainment