U #Rwanda rwageze ku ntego y’uburezi bw’amashuri y’inshuke rwihaye muri Gahunda ya Guverinoma y’Imyaka 7 yo Kwihutisha Iterambere (NST1), ko 45% by’abana bagomba kunyura mu cyiciro cy’amashuri y’inshuke mbere yo kwinjira mu mashuri abanza.
Iyo mibare yakomojweho mu nama iteraniye i Kigali, ihuje inzego zitandukanye z'uburezi, abikorera n’abandi bafite aho bahuriye n’uburezi, baganira ku ishusho y’uburezi mu Rwanda hibandwa ku mashuri y’inshuke n’abanza.
Mu cyiciro cya kabiri cya Gahunda ya Guverinoma y’Imyaka 5 yo kwihutisha iterambere (NST2), u Rwanda rwiyemeje ko abana banyura mu mashuri y’inshuke bazagera kuri 65%.🚨AMAKURU AGEZWEHO🚨
U #Rwanda rwageze ku ntego y’uburezi bw’amashuri y’inshuke rwihaye muri Gahunda ya Guverinoma y’Imyaka 7 yo Kwihutisha Iterambere (NST1), ko 45% by’abana bagomba kunyura mu cyiciro cy’amashuri y’inshuke mbere yo kwinjira mu mashuri abanza.
Iyo mibare yakomojweho mu nama iteraniye i Kigali, ihuje inzego zitandukanye z'uburezi, abikorera n’abandi bafite aho bahuriye n’uburezi, baganira ku ishusho y’uburezi mu Rwanda hibandwa ku mashuri y’inshuke n’abanza.
Mu cyiciro cya kabiri cya Gahunda ya Guverinoma y’Imyaka 5 yo kwihutisha iterambere (NST2), u Rwanda rwiyemeje ko abana banyura mu mashuri y’inshuke bazagera kuri 65%.
🚨AMAKURU AGEZWEHO🚨
U #Rwanda rwageze ku ntego y’uburezi bw’amashuri y’inshuke rwihaye muri Gahunda ya Guverinoma y’Imyaka 7 yo Kwihutisha Iterambere (NST1), ko 45% by’abana bagomba kunyura mu cyiciro cy’amashuri y’inshuke mbere yo kwinjira mu mashuri abanza.
Iyo mibare yakomojweho mu nama iteraniye i Kigali, ihuje inzego zitandukanye z'uburezi, abikorera n’abandi bafite aho bahuriye n’uburezi, baganira ku ishusho y’uburezi mu Rwanda hibandwa ku mashuri y’inshuke n’abanza.
Mu cyiciro cya kabiri cya Gahunda ya Guverinoma y’Imyaka 5 yo kwihutisha iterambere (NST2), u Rwanda rwiyemeje ko abana banyura mu mashuri y’inshuke bazagera kuri 65%.
#bienvenudo.com