Antoine Karidinal Kambanda asanga kuboneza urubyaro kibangavu bizatera ubusambanyi umurindi.

By bienvenudo.com
yesterday

“Kuboneza urubyaro babyeyi, barezi, ni uguha urwaho ubusambanyi. Mutekereze wa mwana watangiye kuboneza urubyaro ku myaka 15, akagera ku gushaka amaze gukuramo inda nka zingahe? Uwo azaba umubyeyi koko? Azagira urugo, atekane nk’uko bikwiye nka wa mwana warezwe neza, agakura yiyubaha, yubaha ubuzima?”

Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yagaragaje ko atemeranya n’abashyigikiye ko umwana w’imyaka 15 yemererwa kuboneza urubyaro.

Ibaze ariko kuboneza urubyaro ku mwana y'imyaka 15 ni nkaho uba umuhaye rugari uti "ubu noneho wasambana kuko urakikngiye" ubu noneho hagiye no kuza urukingo rwa SIDA, ubusambanyi burahita bujya kurundi rwego. 

“Kuboneza urubyaro babyeyi, barezi, ni uguha urwaho ubusambanyi. Mutekereze wa mwana watangiye kuboneza urubyaro ku myaka 15, akagera ku gushaka amaze gukuramo inda nka zingahe? Uwo azaba umubyeyi koko? Azagira urugo, atekane nk’uko bikwiye nka wa mwana warezwe neza, agakura yiyubaha, yubaha ubuzima?”

Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yagaragaje ko atemeranya n’abashyigikiye ko umwana w’imyaka 15 yemererwa kuboneza urubyaro.

Ibaze ariko kuboneza urubyaro ku mwana y'imyaka 15 ni nkaho uba umuhaye rugari uti "ubu noneho wasambana kuko urakikngiye" ubu noneho hagiye no kuza urukingo rwa SIDA, ubusambanyi burahita bujya kurundi rwego. 🤯🤯🤯🤯🤯

Cridits :Kane Thé Bloggér

Tags:

#update

Related Updates

WhatsApp Google Map

Safety and Abuse Reporting

Thanks for being awesome!

We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!

Have a great day!

Are you sure you want to report abuse against this website?

Please note that your query will be processed only if we find it relevant. Rest all requests will be ignored. If you need help with the website, please login to your dashboard and connect to support

;