“Kuboneza urubyaro babyeyi, barezi, ni uguha urwaho ubusambanyi. Mutekereze wa mwana watangiye kuboneza urubyaro ku myaka 15, akagera ku gushaka amaze gukuramo inda nka zingahe? Uwo azaba umubyeyi koko? Azagira urugo, atekane nk’uko bikwiye nka wa mwana warezwe neza, agakura yiyubaha, yubaha ubuzima?”
Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yagaragaje ko atemeranya n’abashyigikiye ko umwana w’imyaka 15 yemererwa kuboneza urubyaro.
Ibaze ariko kuboneza urubyaro ku mwana y'imyaka 15 ni nkaho uba umuhaye rugari uti "ubu noneho wasambana kuko urakikngiye" ubu noneho hagiye no kuza urukingo rwa SIDA, ubusambanyi burahita bujya kurundi rwego.
“Kuboneza urubyaro babyeyi, barezi, ni uguha urwaho ubusambanyi. Mutekereze wa mwana watangiye kuboneza urubyaro ku myaka 15, akagera ku gushaka amaze gukuramo inda nka zingahe? Uwo azaba umubyeyi koko? Azagira urugo, atekane nk’uko bikwiye nka wa mwana warezwe neza, agakura yiyubaha, yubaha ubuzima?”
Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yagaragaje ko atemeranya n’abashyigikiye ko umwana w’imyaka 15 yemererwa kuboneza urubyaro.
Ibaze ariko kuboneza urubyaro ku mwana y'imyaka 15 ni nkaho uba umuhaye rugari uti "ubu noneho wasambana kuko urakikngiye" ubu noneho hagiye no kuza urukingo rwa SIDA, ubusambanyi burahita bujya kurundi rwego. 🤯🤯🤯🤯🤯
Cridits :Kane Thé Bloggér