Burna Boy Nyuma yo kurongora Damini Ebunoluwa Ogulu akamwima imodoka yamushize hanze

By Bienvenudo.com
Fri, 28-Feb-2025, 15:10


  Damini Ebunoluwa Ogulu wamenyekanye nka Sophia Egbueje yatangaje ko yaryamanye na Burna Boy barangije ngo amwima imodoka yo mu bwoko bwa Lamborghini yari yamusezeranyije nawe  ahita amushyira hanze.

Sophia Egbueje ni umwe mu bakobwa bafite amazina akomeye muri Nigeria by'umwihariko mu Mujyi wa Lagos dore ko yashyizwe mu bihembo bya Grammy Awards inshuro nyinshi ndetse akanabyegukana agendeye ku bahanzi barimo Wizkid n'abandi.

Mu majwi akomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye zirimo na X , uyu mukobwa yumvikanye avuga uburyo Burna Boy yamwimye Lamborghini yari yamusezeranyije mbere y'uko baryamana.

Sophia avuga ko guhura na Burna Boy byaturutse ku nshuti ze niza Burna Boy zamuhatiye guhura n'uyu muhanzi wamubeshye imodoka. Sophia wari wababaye cyane avuga ko yahise yivanaho izo nshuti.

Burna Boy asanzwe ari umuhanzi ukomeye muri Afurika no ku Isi binyuze mu bihangano bye byanatumye yiyita African Giant akaba afite inkomoko muri Nigeria.

Related Updates

WhatsApp Google Map

Safety and Abuse Reporting

Thanks for being awesome!

We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!

Have a great day!

Are you sure you want to report abuse against this website?

Please note that your query will be processed only if we find it relevant. Rest all requests will be ignored. If you need help with the website, please login to your dashboard and connect to support

;