DRC🇨🇩: Uwahoze ari Minisitiri w’Ubutabera agiye gutangira kuburanishwa ku cyaha cyo kunyereza miliyoni 19 z’Amadolari zari zarateganyirijwe umushinga wo kubaka Gereza ya Kisangani
Amakuru aturuka i Kinshasa avuga ko ku wa 9 Nyakanga 2025, Urukiko rusesa imanza rwa RDC, ruzatangira kuburanisha Constant Mutamba Tungunga wahoze ari Minisitiri w’Ubutabera.
Akurikiranyweho icyaha cyo kunyereza miliyoni 19 z’Amadolari zateganyijwe mu mushinga wo kubaka Gereza ya Kisangani mu ntara ya Tshopo.
Ubwo Mutamba yaherukaga imbere ya Komisiyo y’Inteko yari ishinzwe gukurikirana dosiye ye, yemeye ko miliyoni 19 z’Amadolari zabuze, asobanura ko zayoberejwe kuri konti y’ikigo cya baringa.
https://beinvenudo.com
Uwahoze ari Minisitiri w’Ubutabera agiye gutangira kuburanishwa ku cyaha cyo kunyereza miliyoni 19 z’Amadolari zari zarateganyirijwe umushinga wo kubaka Gereza ya Kisangani
Amakuru aturuka i Kinshasa avuga ko ku wa 9 Nyakanga 2025, Urukiko rusesa imanza rwa RDC, ruzatangira kuburanisha Constant Mutamba Tungunga wahoze ari Minisitiri w’Ubutabera.
Akurikiranyweho icyaha cyo kunyereza miliyoni 19 z’Amadolari zateganyijwe mu mushinga wo kubaka Gereza ya Kisangani mu ntara ya Tshopo.
Ubwo Mutamba yaherukaga imbere ya Komisiyo y’Inteko yari ishinzwe gukurikirana dosiye ye, yemeye ko miliyoni 19 z’Amadolari zabuze, asobanura ko zayoberejwe kuri konti y’ikigo cya baringa.
#bienvenudo news#drc# constan Mutamba