Musoni Straton umwe mu bashinze FDLR yasabye abarwanyi bayo gutaha, avuga ko Jenoside itazigera yongera kuba mu Rwanda
Musoni Straton, umwe mu bashinze FDLR, yashimangiye ko u Rwanda rutazigera rwemera ko Jenoside yakorewe Abatutsi yongera kubaho. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, yavuze ko abibwira ko bashobora kurugarukamo ku ngufu bibeshya cyane.
Yavuze ko abari mu mashyamba ya RDC bakwiye gutaha, kuko igihugu cyabo ari u Rwanda, aho bafite amahirwe yo kubaka ejo hazaza heza.
Musoni yahoze ari Visi Perezida wa FDLR, ariko amaze imyaka itatu atahutse mu Rwanda. Yemeje ko FDLR igifite ubushobozi bwo guhungabanya umutekano, ariko asaba ko RDC yakora ibishoboka byose ikayihagarika.
Yongeyeho ko hari ibinyoma bivugwa ku Rwanda bituma benshi batinya gutaha, nyamara abari mu gihugu babayeho neza.
Musoni yasoje avuga ko Jenoside atari ikintu cyakinishwa, kandi ko buri Munyarwanda agomba gusigasira ubuzima bwa mugenzi we.Musoni Straton umwe mu bashinze FDLR yasabye abarwanyi bayo gutaha, avuga ko Jenoside itazigera yongera kuba mu Rwanda
Musoni Straton, umwe mu bashinze FDLR, yashimangiye ko u Rwanda rutazigera rwemera ko Jenoside yakorewe Abatutsi yongera kubaho. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, yavuze ko abibwira ko bashobora kurugarukamo ku ngufu bibeshya cyane.
Yavuze ko abari mu mashyamba ya RDC bakwiye gutaha, kuko igihugu cyabo ari u Rwanda, aho bafite amahirwe yo kubaka ejo hazaza heza.
Musoni yahoze ari Visi Perezida wa FDLR, ariko amaze imyaka itatu atahutse mu Rwanda. Yemeje ko FDLR igifite ubushobozi bwo guhungabanya umutekano, ariko asaba ko RDC yakora ibishoboka byose ikayihagarika.
Yongeyeho ko hari ibinyoma bivugwa ku Rwanda bituma benshi batinya gutaha, nyamara abari mu gihugu babayeho neza.
Musoni yasoje avuga ko Jenoside atari ikintu cyakinishwa, kandi ko buri Munyarwanda agomba gusigasira ubuzima bwa mugenzi we.
Musoni Straton umwe mu bashinze FDLR yasabye abarwanyi bayo gutaha, avuga ko Jenoside itazigera yongera kuba mu Rwanda
Musoni Straton, umwe mu bashinze FDLR, yashimangiye ko u Rwanda rutazigera rwemera ko Jenoside yakorewe Abatutsi yongera kubaho. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, yavuze ko abibwira ko bashobora kurugarukamo ku ngufu bibeshya cyane.
Yavuze ko abari mu mashyamba ya RDC bakwiye gutaha, kuko igihugu cyabo ari u Rwanda, aho bafite amahirwe yo kubaka ejo hazaza heza.
Musoni yahoze ari Visi Perezida wa FDLR, ariko amaze imyaka itatu atahutse mu Rwanda. Yemeje ko FDLR igifite ubushobozi bwo guhungabanya umutekano, ariko asaba ko RDC yakora ibishoboka byose ikayihagarika.
Yongeyeho ko hari ibinyoma bivugwa ku Rwanda bituma benshi batinya gutaha, nyamara abari mu gihugu babayeho neza.
Musoni yasoje avuga ko Jenoside atari ikintu cyakinishwa, kandi ko buri Munyarwanda agomba gusigasira ubuzima bwa mugenzi we.