By Bienvenudo.com
5 hours ago
Ibikoresho by’ingabo za SADC byanyujijwe mu Rwanda bisubizwa iwabo. Ingabo za SADC zambukije ibyo bikoresho zifashishaga ku rugamba zari zihanganyemo na AFC/M23 mu Burasirazuba bwa RDC mu mujyi wa Goma. Umurongo w’imodoka zirimo ibifaru by'amapine, imodoka zihetse ibifaru by’iminyururu na kontineri, byari mu Karere ka Rubavu nyuma yo kwambutswa umupaka uhuza Goma na Gisenyi mu masaha ya saa yine z’igitondo kuri uyu wa Kabiri
Imodoka za Polisi n’igisirikare cy’u Rwanda ni bo babiherekeje. Biteganyijwe ko nyuma yo gucyura ibikoresho, n'abasirikare bazataha.
google.com, pub-8424431947926653, DIRECT, f08c47fec0942fa0Ibikoresho by’ingabo za SADC byanyujijwe mu Rwanda bisubizwa iwabo. Ingabo za SADC zambukije ibyo bikoresho zifashishaga ku rugamba zari zihanganyemo na AFC/M23 mu Burasirazuba bwa RDC mu mujyi wa Goma. Umurongo w’imodoka zirimo ibifaru by'amapine, imodoka zihetse ibifaru by’iminyururu na kontineri, byari mu Karere ka Rubavu nyuma yo kwambutswa umupaka uhuza Goma na Gisenyi mu masaha ya saa yine z’igitondo kuri uyu wa Kabiri
29-04-2025 12:48 PM to 29-04-2025 12:53 PM
We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!
Have a great day!