Select a date and time slot to book an Appointment
Date Of Appointment
AFC/M23 yigaruriye uduce twa Ruke na Mulema muri Kivu y’Amajyaruguru
Umutwe wa AFC/M23 ukomeje imirwano ikomeye n’ingabo za Leta ya RDC (FARDC) n’abambari bazo, aho wigaruriye uduce twa Ruke na Mulema muri Masisi, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Amakuru avuga ko nyuma yo gufata utu duce ku wa mbere tariki 6 Ukwakira 2025, ingabo za Leta zahungiye ahitwa Ngululu, mu gihe abaturage benshi bahunze bagana mu bihuru no mu Majyepfo ya Masisi.
Nta mubare uratangazwa w’abahasize ubuzima cyangwa abakomeretse, ariko imirwano irakomeje, cyane cyane hagati ya AFC/M23, Ingabo z’u Burundi, Wazalendo na FDLR.
Biravugwa kandi ko AFC/M23 iri no gusatira gufata Shabunda na Mwenga muri Kivu y’Amajyepfo, bikaba byerekana ko ishobora kwinjira mu ntara ya Katanga.
AFC/M23 yigaruriye uduce twa Ruke na Mulema muri Kivu y’Amajyaruguru
Umutwe wa AFC/M23 ukomeje imirwano ikomeye n’ingabo za Leta ya RDC (FARDC) n’abambari bazo, aho wigaruriye uduce twa Ruke na Mulema muri Masisi, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Amakuru avuga ko nyuma yo gufata utu duce ku wa mbere tariki 6 Ukwakira 2025, ingabo za Leta zahungiye ahitwa Ngululu, mu gihe abaturage benshi bahunze bagana mu bihuru no mu Majyepfo ya Masisi.
Nta mubare uratangazwa w’abahasize ubuzima cyangwa abakomeretse, ariko imirwano irakomeje, cyane cyane hagati ya AFC/M23, Ingabo z’u Burundi, Wazalendo na FDLR.
Biravugwa kandi ko AFC/M23 iri no gusatira gufata Shabunda na Mwenga muri Kivu y’Amajyepfo, bikaba byerekana ko ishobora kwinjira mu ntara ya Katanga
AFC/M23 yigaruriye uduce twa Ruke na Mulema muri Kivu y’Amajyaruguru
October 8th 2025, 10:28 AM to October 30th 2025, 10:28 AM
We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!
Have a great day!
Please note that your query will be processed only if we find it relevant. Rest all requests will be ignored. If you need help with the website, please login to your dashboard and connect to support