By Bienvenudo.com
4 hours ago
ANGLICAN CHURCH OF RWANDA kuwa 09/05/2025
PAROISSE BUKORA
PROJECT RW0651 EAR BUKORA
EMAIL : [email protected]
Telephone:0789810402/ 0788230995
Ubuyobozi bw’ itorero Anglican ry’ u Rwanda (EAR) Paruwasi BUKORA, bufite umushinga uterwa inkunga na Compassion International mu Rwanda, burifuza gutanga isoko ryo kugurira abana Imyenda yo kurimba 272 ipantalon ya jeans n’ishati ya cotton n’amakanzu meza kandi agezweho (magaze)
Ba Rwiyemezamirimo bifuza gupiganira iryo soko bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:
Kuba afite ibaruwa isaba isoko yandikiwe ubuyobozi bwa EAR Paruwasi Bukora iriho Facture Proforma y’ igiciro cya kimwe ndetse n’ igiciro cya byose.
Kuba afite icyangombwa cyerekana ko nta mwenda abereyemo RRA na RSSB kitarengeje amezi 3
Icyemezo cy’ ubucuruzi gitangwa na RDB,
Ibyemezo 2 bigaragara ko yakoze imirimo nkiyo apiganira akayikora neza.
Kugira konti iri mu mazina ya Company yahawe na RDB.
Photo copie y’ indangamuntu cg icyemezo gisimbura indangamuntu
cyemewe n’amategeko y’uhagarariye Company
Kuba afite cachet kandi atanga facture ya EBM
Kuba yemera kwishyurwa hakoreshejwe OP
Ibyangomgwa bigomba kuba biriho umukono wa notaire
NB:Upiganira isoko anyuza ibyangombwa bye kuri E-mail, ibisabwa byose muri iri tangazo tukaba tubabashishikariza kuza gupiganira iri soko kumushinga ,tukaba tubamenyesha kandi ko ibyangombwa bitanyujijwe hombi biba impfabusa :[email protected]/[email protected] abujuje ibisabwa bagomba gusura Samples ziri ku mushinga uherereye mu kagali ka Bukora ,mu murenge Nyamugali guhera taliki ya 09/05/2025 kugeza 16/05/2025 mu masaha y’akazi ku cyicaro cy’uwo mushinga , akaba arinawo munsi wo kuzafungura amabaruwa yabitabiriye isoko saa 11hoo zuzuye zo kuwa 16/05/2025 uwakenera ibindi bisobanuro yabariza kubiro by’umushinga RW0651 EAR BUKORA KURI PHONE 0788230995/0789810402
IBYICIRO BY’IMYAKA Y’ABANA
ABANA BOSE
Bikorewe i Bukora, kuwa 09/05/2025
Umuyobozi wa E.A.R Paroisse Bukora
REV.NIYONSHUTI BENJAMIN
10-05-2025 9:49 AM to 17-05-2025 9:49 AM
We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!
Have a great day!