Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal byashinze Kaminuza mu rwego rwo kugira uruhare mu kuzamura umubare w’abakora mu rwego rw’ubuzima.
- Ni Kaminuza yiswe Africa Health Sciences University (AHSU)
- Igitekerezo cyo kuyitangiza cyaturutse kuri gahunda ya Minisiteri y’Ubuzima izwi nka ‘4X4 reforms’.
- AHSU itanga ‘Master’s’ mu gutera ikinya, kuvura indembe, kubaga abantu, ubuvuzi bw’indwara z’imbere mu mubiri, ubuvuzi bw’ababyeyi, ubuvuzi bw’abana.
- Itanga amasomo y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu bubyaza
- Abatoranyijwe gutangira muri iyi kaminuza bishyurirwa amafaranga y’ishuri, bagahabwa aho kuba n’amafaranga abatunga ku ishuri.
Soma inkuru irambuye umenye byinshi kuri iyi Kaminuza
Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal byashinze Kaminuza mu rwego rwo kugira uruhare mu kuzamura umubare w’abakora mu rwego rw’ubuzima.
- Ni Kaminuza yiswe Africa Health Sciences University (AHSU)
- Igitekerezo cyo kuyitangiza cyaturutse kuri gahunda ya Minisiteri y’Ubuzima izwi nka ‘4X4 reforms’.
- AHSU itanga ‘Master’s’ mu gutera ikinya, kuvura indembe, kubaga abantu, ubuvuzi bw’indwara z’imbere mu mubiri, ubuvuzi bw’ababyeyi, ubuvuzi bw’abana.
- Itanga amasomo y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu bubyaza
- Abatoranyijwe gutangira muri iyi kaminuza bishyurirwa amafaranga y’ishuri, bagahabwa aho kuba n’amafaranga abatunga ku ishuri.
Soma inkuru irambuye umenye byinshi kuri iyi Kaminuza
https://beinvenudo.com