Event Details:
google.com, pub-8424431947926653, DIRECT, f08c47fec0942fa0Bimwe mu byo ukwiriye kumenya kuri Papa Leo XIV ni uko mu ntangiriro za 2025, Papa Francis yamugize umwe mu ba Karidinali bakomeye bafite ipeti Rikuru cyane ibintu byagaragazaga ko ari umwe mu bo yashoboraga kuba atekereza ko bamusimbura , ibintu bituma amatora y'i Vatican akemangwa ndetse bigahura n'uko Papa Francis ari we wamugize Umu-karidinari muri 2023.
Mu ijambo rye ry'ibanze Papa Leo XIV yavuze Papa Francis inshuro ebyiri ubwo yari ku mbuga ya Basilika ya Mutagatifu Petero , kandi avuga ko yifuza gukomereza aho Papa Francis yari agejeje.
Papa Leo XIV ntabwo avuga rumwe na Donald Trump na Visi Perezida we ku bijyanye n'uburyo bafata abimukira dore ko yabigarutseho cyane mbere yo gutorwa ubwo yasubizaga ubutumwa buvuga ku bimukira , ibintu ahuza cyane na Papa Francis.
Ese niba Papa Francis yaragennye umusimbura we ari we Papa Leo XIV, ubwo amatora yaba asobanuye iki ? Ese koko ubwo yaba aca mu mucyo cyangwa baba bubahiriza icyo uwapfuye yasize avuze ?
Bimwe mu byo ukwiriye kumenya kuri Papa Leo XIV ni uko mu ntangiriro za 2025, Papa Francis yamugize umwe mu ba Karidinali bakomeye bafite ipeti Rikuru cyane ibintu byagaragazaga ko ari umwe mu bo yashoboraga kuba atekereza ko bamusimbura , ibintu bituma amatora y'i Vatican akemangwa ndetse bigahura n'uko Papa Francis ari we wamugize Umu-karidinari muri 2023.
Mu ijambo rye ry'ibanze Papa Leo XIV yavuze Papa Francis inshuro ebyiri ubwo yari ku mbuga ya Basilika ya Mutagatifu Petero , kandi avuga ko yifuza gukomereza aho Papa Francis yari agejeje.
Papa Leo XIV ntabwo avuga rumwe na Donald Trump na Visi Perezida we ku bijyanye n'uburyo bafata abimukira dore ko yabigarutseho cyane mbere yo gutorwa ubwo yasubizaga ubutumwa buvuga ku bimukira , ibintu ahuza cyane na Papa Francis.
Ese niba Papa Francis yaragennye umusimbura we ari we Papa Leo XIV, ubwo amatora yaba asobanuye iki ? Ese koko ubwo yaba aca mu mucyo cyangwa baba bubahiriza icyo uwapfuye yasize avuze ?
#bienvenudo#bienvenudosports