Imbamutima za Anitha Pendo ku isabukuru y’imfura ye
Aho yagize ati: “Muhungu wange Nkunda, RANDA NIA TIRAN… wabaye umuntu wa mbere wanyise mama we ; iryo zina ryampaye imbaraga zikomeye zo guhangana n’iyi isi .”
Imana ntijya yibeshya nagato wahinduye byinshi ubwo wazaga mubuzima bwanjye,watumye niyumva nk’umunyembaraga,ubuzima bugira ishusho,nkubonamo Malaika Imana yanyoherereje,umbwira ko unkunda inshuro nyinshi ku munsi,umbwira ko nambaye neza nkumva ndanezerewe,uza kumpamagara ngo karibu ku meza iteka,umpobera kenshi cyane nkumva stress ziragabanutse..nkubonamo impuhwe n’urukundo uzabihorane.nkwifurije ibyiza byose umubyeyi yifuriza umwana we,uzabe uw’umumaro kubo uzi nabo utazi.
“Imyaka 8 irashize urugendo natangiriye mu nduru bimeze nko kujya kurugamba nta ntwaro ariko wizeye intsinzi,nongeye kwibuka Ineza Imana yangiriye,Mana ndagushimye kuko wabanye nanjye.
Imbamutima za Anitha Pendo ku isabukuru y’imfura ye
Aho yagize ati: “Muhungu wange Nkunda, RANDA NIA TIRAN… wabaye umuntu wa mbere wanyise mama we ; iryo zina ryampaye imbaraga zikomeye zo guhangana n’iyi isi .”
Imana ntijya yibeshya nagato wahinduye byinshi ubwo wazaga mubuzima bwanjye,watumye niyumva nk’umunyembaraga,ubuzima bugira ishusho,nkubonamo Malaika Imana yanyoherereje,umbwira ko unkunda inshuro nyinshi ku munsi,umbwira ko nambaye neza nkumva ndanezerewe,uza kumpamagara ngo karibu ku meza iteka,umpobera kenshi cyane nkumva stress ziragabanutse..nkubonamo impuhwe n’urukundo uzabihorane.nkwifurije ibyiza byose umubyeyi yifuriza umwana we,uzabe uw’umumaro kubo uzi nabo utazi.
“Imyaka 8 irashize urugendo natangiriye mu nduru bimeze nko kujya kurugamba nta ntwaro ariko wizeye intsinzi,nongeye kwibuka Ineza Imana yangiriye,Mana ndagushimye kuko wabanye nanjye.