Ingabire Marie Immaculée wayoboraga Umuryango Transparency International Rwanda, yaturiwe igitambo cya Misa cyo kumusezeraho bwa nyuma mbere yo gushyingurwa mu Irimbi rya Rusororo.
Ni misa yasomewe muri Paruwasi Regina Pacis i Remera mu Mujyi wa Kigali, yitabirwa n’abo mu muryango we, abayobozi mu nzego za Leta zinyuranye, abo bakoranye n’abandi batandukanye.
Ingabire Marie Immaculée wayoboraga Umuryango Transparency International Rwanda, yaturiwe igitambo cya Misa cyo kumusezeraho bwa nyuma mbere yo gushyingurwa mu Irimbi rya Rusororo.
Ni misa yasomewe muri Paruwasi Regina Pacis i Remera mu Mujyi wa Kigali, yitabirwa n’abo mu muryango we, abayobozi mu nzego za Leta zinyuranye, abo bakoranye n’abandi batandukanye.
Ingabire Marie Immaculée wayoboraga Umuryango Transparency International Rwanda, yaturiwe igitambo cya Misa cyo kumusezeraho bwa nyuma mbere yo gushyingurwa mu Irimbi rya Rusororo.
Ni misa yasomewe muri Paruwasi Regina Pacis i Remera mu Mujyi wa Kigali, yitabirwa n’abo mu muryango we, abayobozi mu nzego za Leta zinyuranye, abo bakoranye n’abandi batandukanye.
Ingabire Marie Immaculée wayoboraga Umuryango Transparency International Rwanda, yaturiwe igitambo cya Misa cyo kumusezeraho bwa nyuma mbere yo gushyingurwa mu Irimbi rya Rusororo.
Ni misa yasomewe muri Paruwasi Regina Pacis i Remera mu Mujyi wa Kigali, yitabirwa n’abo mu muryango we, abayobozi mu nzego za Leta zinyuranye, abo bakoranye n’abandi batandukanye.