By bienvenudo.com
7 hours ago
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’INZU YO GUTURAMO NZIZA, IGEZWEHO KANDI NSHYA IRIMO IBYANGOMBWA BYOSE NDETSE IRI KURI KABURIMBO IFITE PARKING Y’IMODOKA 4 ZITEKANYE.
CYAMUNARA RWANDA Ltd,sosiyete ya mbere mu Rwanda mu kugurisha hakoreshejwe ipiganwa ry’ibiciro “CYAMUNARA”imitungo yimukanwa n’itimukanwa y’ibigo bya Leta,imiryango idaharanira inyungu,amasosiyete y’ubucuruzi n’abantu ku giti cyabo,iramenyesha abantu bose babishaka kandi babifitiye ubushobozi ko ku wa Gatanu taliki 18/07/2025 saa tanu z’amanywa (11h00”) izagurisha mu cyamunara umutungo utimukanwa ukurikira:
LOT
UPI
VILLAGE
CELL
SECTOR
DISTRICT
PROVINCE
1
1/02/09/01/1042
INGANJI
BIBARE
KIMIRONKO
GASABO
KIGALI CITY
Gusura uwo mutungo bikorwa buri munsi mu masaha y’akazi aho uherereye havuzwe haruguru kimironko imbere y’ahahoze Gereza iruhande hafi y’agasoko k’imbuto kumuhanda KG101 igipangu no:29
CYAMUNARA RWANDA IRIBUTSA ABAZITABIRA CYAMUNARA IBIKURIKIRA:
Cyamunara izabera mu ruhame hakoreshwa gupiganisha ibiciro mu magambo.
Uwitabiriye cyamunara asabwa kwishyura cash amafaranga 10,000RWF adasubizwa yo kwiyandikisha ku rutonde rw’abemerewe gupiganwa.
Uwifuza kugura muri iyi cyamunara asabwa kwishyura cash ingwate y’ipiganwa ya Miliyoni eshanu (5,000,000RWF) CASHcg CHEQUE CERTIFIE mu mazina ya CYAMUNARA RWANDA Ltd aherwaho mukwishyura.
Uguze umutungo asabwa kwishura 30%y’agaciro yatsindiyeho uwo munsi asigaye 70% akayishyura bitarenze iminsi itatu ikurikira uwa cyamunara.
Utsindiye umutungo ntiyishyure ikiguzi cyose, ingwate ye ndetse na 30%arafatirwa akazakoreshwa mu gutegura cyamunara ikurikira kandi agatakaza uburenganzira kuri uwo mutungo ugasubira ku isoko.
Ingwate y’ipiganwa isubizwa ako kanya cyamunara irangiye kubataguze
Ukeneye ibindi bisobanuro baza 0787334130/0788822147,kureba amafoto y’umutungo sura urubuga
Bikorewe i Kigali, kuwa 12/07/2025
NDEREYIMANA Mathias
Umuyobozi Mukuru
CYAMUNARA RWANDA Ltd ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’INZU YO GUTURAMO NZIZA, IGEZWEHO KANDI NSHYA IRIMO IBYANGOMBWA BYOSE NDETSE IRI KURI KABURIMBO IFITE PARKING Y’IMODOKA 4 ZITEKANYE.
CYAMUNARA RWANDA Ltd,sosiyete ya mbere mu Rwanda mu kugurisha hakoreshejwe ipiganwa ry’ibiciro “CYAMUNARA”imitungo yimukanwa n’itimukanwa y’ibigo bya Leta,imiryango idaharanira inyungu,amasosiyete y’ubucuruzi n’abantu ku giti cyabo,iramenyesha abantu bose babishaka kandi babifitiye ubushobozi ko ku wa Gatanu taliki 18/07/2025 saa tanu z’amanywa (11h00”) izagurisha mu cyamunara umutungo utimukanwa ukurikira:
KIMIRONKO
GASABO
KIGALI CITY
Gusura uwo mutungo bikorwa buri munsi mu masaha y’akazi aho uherereye havuzwe haruguru kimironko imbere y’ahahoze Gereza iruhande hafi y’agasoko k’imbuto kumuhanda KG101 igipangu no:29
CYAMUNARA RWANDA IRIBUTSA ABAZITABIRA CYAMUNARA IBIKURIKIRA:
Cyamunara izabera mu ruhame hakoreshwa gupiganisha ibiciro mu magambo.
Uwitabiriye cyamunara asabwa kwishyura cash amafaranga 10,000RWF adasubizwa yo kwiyandikisha ku rutonde rw’abemerewe gupiganwa.
Uwifuza kugura muri iyi cyamunara asabwa kwishyura cash ingwate y’ipiganwa ya Miliyoni eshanu (5,000,000RWF) CASHcg CHEQUE CERTIFIE mu mazina ya CYAMUNARA RWANDA Ltd aherwaho mukwishyura.
Uguze umutungo asabwa kwishura 30%y’agaciro yatsindiyeho uwo munsi asigaye 70% akayishyura bitarenze iminsi itatu ikurikira uwa cyamunara.
Utsindiye umutungo ntiyishyure ikiguzi cyose, ingwate ye ndetse na 30%arafatirwa akazakoreshwa mu gutegura cyamunara ikurikira kandi agatakaza uburenganzira kuri uwo mutungo ugasubira ku isoko.
Ingwate y’ipiganwa isubizwa ako kanya cyamunara irangiye kubataguze
Ukeneye ibindi bisobanuro baza 0787334130/0788822147,kureba amafoto y’umutungo sura urubuga www.amatangazo.com
Bikorewe i Kigali, kuwa 12/07/2025
NDEREYIMANA Mathias
Umuyobozi Mukuru
CYAMUNARA RWANDA Ltd
15-07-2025 12:15 PM to 08-08-2025 12:15 PM
We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!
Have a great day!