UMUKURU W’INGABO ZA TANZANIYA YANGA KURASA ABIGARAGAMBYA
Jenerali Jacob Nkunda, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Tanzania, biravugwa ko yanze amabwiriza yo gukoresha ingufu ku baturage mu gihe igihugu cyose kirimo imyigaragambyo.
Imyigaragambyo yakwiye igihugu cyose, abaturage bashinja ubutegetsi bwa Perezida Samia Suluhu Hassan igitugu na ruswa , ndetse n’ihezwa rya benshi mu bya politiki. Hafi 80% by’abayobozi bakuru b’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi barahagaritswe cyangwa barafungwa, bituma umutekano uhungabana.
Abigaragambya barimo kwibasira inyubako , imitungo y’abategetsi n;abandi, basaba ko impunzi za politiki zitahuka abafunzwe nabo bose bakarekurwa kandi Samia akegura , igihugu kigasubira ku mahame ya demokarasi.
Ukwanga kwa Jenerali Nkunda kurasa ku baturage kurimo gufatwa nk’igikorwa cy’ubutwari, nubwo byateje umwuka mubi mu nzego za leta.
Situasiyo iracyakomeye, kandi hari impungenge ko ishobora kuvamo ihungabana rikomeye cyane mu politiki n’imitegekere.
Jenerali Jacob Nkunda, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Tanzania, biravugwa ko yanze amabwiriza yo gukoresha ingufu ku baturage mu gihe igihugu cyose kirimo imyigaragambyo.
Imyigaragambyo yakwiye igihugu cyose, abaturage bashinja ubutegetsi bwa Perezida Samia Suluhu Hassan igitugu na ruswa , ndetse n’ihezwa rya benshi mu bya politiki. Hafi 80% by’abayobozi bakuru b’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi barahagaritswe cyangwa barafungwa, bituma umutekano uhungabana.
Abigaragambya barimo kwibasira inyubako , imitungo y’abategetsi n;abandi, basaba ko impunzi za politiki zitahuka abafunzwe nabo bose bakarekurwa kandi Samia akegura , igihugu kigasubira ku mahame ya demokarasi.
Ukwanga kwa Jenerali Nkunda kurasa ku baturage kurimo gufatwa nk’igikorwa cy’ubutwari, nubwo byateje umwuka mubi mu nzego za leta.
Situasiyo iracyakomeye, kandi hari impungenge ko ishobora kuvamo ihungabana rikomeye cyane mu politiki n’imitegekere.