Kapiteni wa APR FC, Niyomugabo Claude yavuze ko abantu bazabona ibyo batigeze babona, bagiye gusezerera Pyramids FC.
Ni mu kiganiro n’itangazamakuru gitegura umukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League APR FC izakiramo Pyramids FC ejo ku wa Gatatu.
Niyomugabo Claude, kapiteni wa APR FC yavuze ko kuba abantu bazi ko ihora ibatsinda ari byo bashaka guhindura uhereye ejo.
Ati "Ibyo kuba tutarabatsindira hano n’iwabo, ni cyo dushaka guca tubatsindire hano no mu Misiri."
Kapiteni wa APR FC, Niyomugabo Claude yavuze ko abantu bazabona ibyo batigeze babona, bagiye gusezerera Pyramids FC.
Ni mu kiganiro n’itangazamakuru gitegura umukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League APR FC izakiramo Pyramids FC ejo ku wa Gatatu.
Niyomugabo Claude, kapiteni wa APR FC yavuze ko kuba abantu bazi ko ihora ibatsinda ari byo bashaka guhindura uhereye ejo.
Ati "Ibyo kuba tutarabatsindira hano n’iwabo, ni cyo dushaka guca tubatsindire hano no mu Misiri."
Inkuru irambuye sura https://bienvenudo.com
Inkuru irambuye sura https://bienvenidoinfo.rw