🚨 𝐔𝐏𝐃𝐀𝐓𝐄𝐒! Kumunsi wejo hashize kuwa gatandatu, Kwizera Emelyne (Ishanga) yarabatijwe yemera kwakira Yesu nkumwami n’umukiza mubugingo bwe🧖♀️🤩
“08.11.2025 ndabizi biragoye kubyiyumvisha gusa niko biri ndagushima mwami Yesu,kubw’ubuntu bwawe ndetse n’urukundo rwawe.
“Yesu ndagushimira kubw’agakiza kawe wampereye ubuntu ntago nari mbikwiriye, nari mubi, nari ikivume, naruwo gucirwaho iteka naruwo gupfa, narimfite amazina mabi umpa izina rishya (Inshuti ya Yesu)”
“Hallelujah wankuyeho wa mwenda wisoni, unyambika umwenda wera ndagushima Yesu ko wankuye mu maboko y’umwanzi, ndashimira amaraso yawe y’igiciro cyinshi yanyogeje ibyaha byanjye, Ndagukunda Yesu” ~Emelyne Said
Taliki 17 Mutarama 2025 nibwo Kwizera Emelyne (Ishanga) n’itsinda ry’abantu umunani bari barakoranye itsinda rya WhatsApp ryitwa ‘Rich Gang’ bakurikiranywe n’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, aho barindwi muri bo bafunzwe, bakurikiranyweho kugira uruhare mu gufata no gusakaza amashusho abagaragaza bakora imibonano mpuzabitsina.
Nyuma rero Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwemeje ko batanu barimo Kwizera Emelyne ‘Ishanga’, bajyanwa kugororerwa mu kigo cy’igororamuco cya Huye.@
Buying & Selling Food product online