by Bienvenido Info
October 7th 2025.

Kuva ku munsi yasohoye ‘Wumva ute” u Rwanda rwari rwakiriye ubundi buhanzi bushya kandi bukora ku mutima. kuva kuri icyo gisigo kugeza kucyo aheruka, Rumaga yakoranye n’abahanzi barenga 16 mu ngeri zitandukanye. Icyo yakoze kirenze gutanga ibihangano ahubwo yahuje Cinema, Umuziki n’ubusizi.


📍Ntamuhanzi wumvaga ko yajya mu Gisigo ngo maze kirebwe n’abarenga Miliyoni kuri Youtube, Ariko Rumaga abikoze inshuro zirenga 3. 

📍Ntamuntu wumvaga ko umusizi yategura igitaramo kikishyuzwa, Kandi abantu bakaza. Rumaga yabishyizeho umucyo.

📍Ntamuntu wumvaga ko ibisigo babikina mu mwanya w’indirimbo kuri Radio na Television, Rumaga aje arabicayura.

📍Ntamusizi wumvaga ko yakorana Collaboration n’umuhanzi ukomeye cyangwa ngo akorere muri Studio ziri mu ziyoboye izindi mu Rwanda. Rumaga yaraje akorana na Melodie na Element.

📍Byari bigoye kumvisha umuntu ko wahuza abanyamakuru n’abakinnyi ba Filime n’abahanzi mu Gisigo, Ariko Rumaga yabikoze inshuro irenze irimwe.

📍Ikindi ni umwe mu bantu bazamuye agaciro k’igihangano kitwa ‘IGISIGO’ Ubu aho umusizi ari aravuga bakamwumva.

Si ugutaka cyangwa gukabya ariko uwakoze aba akwiye gushimwa. Uyu Rumaga ni Rolemodel wa benshi mu bana bicaye ku ntebe y’ishuri🤷‍♂️

Mukampere @junior_rumaga ni umuntu w’umugabo
#urwandaruziraumwaga🇷🇼
https://bienvenudo.com 

BIENVENIDO INFO user

Bienvenido Info

[email protected]
Search Website

Search

Explore

Tags

Subscribe

Newsletter

WhatsApp Google Map

Safety and Abuse Reporting

Thanks for being awesome!

We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!

Have a great day!

Are you sure you want to report abuse against this website?

Please note that your query will be processed only if we find it relevant. Rest all requests will be ignored. If you need help with the website, please login to your dashboard and connect to support