Ngayabanyaga Augustin, umubyeyi wa Niyo Bosco witabye Imana ku wa 23 Mata 2025, yashyinguwe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 25 Mata 2025 mu irimbi rya Busanza.
Niyo Bosco abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yasabiye umubyeyi we kuruhukira mu mahoro.
Yagize ati “Ukomeze kuruhukura mu mahoro mubyeyi, umunsi w’agahinda uba muremure kuruta umwaka w’ibyishimo.”
Ngayabanyaga Augustin, umubyeyi wa Niyo Bosco witabye Imana ku wa 23 Mata 2025, yashyinguwe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 25 Mata 2025 mu irimbi rya Busanza.
Niyo Bosco abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yasabiye umubyeyi we kuruhukira mu mahoro.
Yagize ati “Ukomeze kuruhukura mu mahoro mubyeyi, umunsi w’agahinda uba muremure kuruta umwaka w’ibyishimo.”
Ngayabanyaga Augustin, umubyeyi wa Niyo Bosco witabye Imana ku wa 23 Mata 2025, yashyinguwe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 25 Mata 2025 mu irimbi rya Busanza.
Niyo Bosco abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yasabiye umubyeyi we kuruhukira mu mahoro.
Yagize ati “Ukomeze kuruhukura mu mahoro mubyeyi, umunsi w’agahinda uba muremure kuruta umwaka w’ibyishimo.”