By BIENVENUDO Empire
Sun, 23-Mar-2025, 11:39
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yashyikirije Perezida mushya wa Namibia impano yagenewe n’u Rwanda mu birori by’irahira rye ryahuriranye n’isabukuru y’imyaka 35 iki gihugu kibonye ubwigenge.
We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!
Have a great day!