Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga, Amb Olivier Nduhungirehe, yashimangiye indangagaciro z'u Rwanda ndetse avuga ko rwiteguye gushyigikira no gushyira mu bikorwa amasezerano y'amahoro yasinywe hagati y'u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Minisitiri Nduhungirehe, yabisobanuriye abitabiriye Rwanda Convention USA 2025, mu kiganiro cyagarukaga ku ndangagaciro z'u Rwanda kandi zikwiye kuranga Abanyarwanda.
Yavuze ko amasezerano aherutse gusinywa, azagira uruhare mu kwimakaza amahoro, umutekano ndetse n’ubufatanye mu bukungu mu Karere k'Ibiyaga Bigari, aboneraho no gusaba Abanyarwanda batuye mu mahanga gukurikirana bakamenya amakuru y'impamo mu guhangana n'abakwirakwiza ibihuha.
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga, Amb Olivier Nduhungirehe, yashimangiye indangagaciro z'u Rwanda ndetse avuga ko rwiteguye gushyigikira no gushyira mu bikorwa amasezerano y'amahoro yasinywe hagati y'u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Minisitiri Nduhungirehe, yabisobanuriye abitabiriye Rwanda Convention USA 2025, mu kiganiro cyagarukaga ku ndangagaciro z'u Rwanda kandi zikwiye kuranga Abanyarwanda.
Yavuze ko amasezerano aherutse gusinywa, azagira uruhare mu kwimakaza amahoro, umutekano ndetse n’ubufatanye mu bukungu mu Karere k'Ibiyaga Bigari, aboneraho no gusaba Abanyarwanda batuye mu mahanga gukurikirana bakamenya amakuru y'impamo mu guhangana n'abakwirakwiza ibihuha.
#bienvenudo.com