Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana yasubije ku mpungenge z’abarimu bavuga ko imyaka itatu basabwa kubanza kwigisha kugira ngo babe bakwemererwa kwimurirwa ku kindi kigo cy’ishuri, bakumva ko ari igihe kirekire cyane.
Yigize ati: ‟Urabona iyo umwarimu atangiye akazi agashaka kwimurwa mu mwaka umwe kandi ishuri arimo kwigishaho nibwo atangiye kurimenyera, abana nibwo batangiye kumumenyera, ugasanga kwimurwa buri mwaka byatera akavuyo mu mashuri, abana ntibige neza. Rero iyo tuvuze ngo imyaka itatu, ni ukuvuga ngo umuntu aba ashatse imyaka itaruhije cyane ku barimu, ariko nanone idateye ibibazo ku ishuri no ku banyeshuri”.Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana yasubije ku mpungenge z’abarimu bavuga ko imyaka itatu basabwa kubanza kwigisha kugira ngo babe bakwemererwa kwimurirwa ku kindi kigo cy’ishuri, bakumva ko ari igihe kirekire cyane.
Yigize ati: ‟Urabona iyo umwarimu atangiye akazi agashaka kwimurwa mu mwaka umwe kandi ishuri arimo kwigishaho nibwo atangiye kurimenyera, abana nibwo batangiye kumumenyera, ugasanga kwimurwa buri mwaka byatera akavuyo mu mashuri, abana ntibige neza. Rero iyo tuvuze ngo imyaka itatu, ni ukuvuga ngo umuntu aba ashatse imyaka itaruhije cyane ku barimu, ariko nanone idateye ibibazo ku ishuri no ku banyeshuri”.Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana yasubije ku mpungenge z’abarimu bavuga ko imyaka itatu basabwa kubanza kwigisha kugira ngo babe bakwemererwa kwimurirwa ku kindi kigo cy’ishuri, bakumva ko ari igihe kirekire cyane.
Yigize ati: ‟Urabona iyo umwarimu atangiye akazi agashaka kwimurwa mu mwaka umwe kandi ishuri arimo kwigishaho nibwo atangiye kurimenyera, abana nibwo batangiye kumumenyera, ugasanga kwimurwa buri mwaka byatera akavuyo mu mashuri, abana ntibige neza. Rero iyo tuvuze ngo imyaka itatu, ni ukuvuga ngo umuntu aba ashatse imyaka itaruhije cyane ku barimu, ariko nanone idateye ibibazo ku ishuri no ku banyeshuri”.
@bienvenudo.com