Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Dr. Ugirashebuja Emmanuel, yasabye abagenzacyaha bashya basoje amahugurwa gushyira imbaraga mu kurwanya ibyaha by’ikoranabuhanga bikomeje kwiyongera mu Rwanda
Ibi yabigarutseho kuri uyu wa 31 Nyakanga 2025, mu gikorwa cyo gusoza amahugurwa y’ibanze ku banyeshuri 115 mu Ishuri Rikuru rya Polisi mu Karere ka Musanze (National Police College).
Uyu muhango witabiriwe n’abayobozi batandukanye baturutse mu nzego zirimo izishinzwe umutekano. Aya mahugurwa yari amaze amezi atandatu, aho yitabiriwe n’abagenzacyaha ba RIB 50, abapolisi 54, abasirikare batanu, abashinzwe Igorora batanu n’abashinzwe umutekano n’iperereza batanu.
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Dr. Ugirashebuja Emmanuel, yasabye abagenzacyaha bashya basoje amahugurwa gushyira imbaraga mu kurwanya ibyaha by’ikoranabuhanga bikomeje kwiyongera mu Rwanda
Ibi yabigarutseho kuri uyu wa 31 Nyakanga 2025, mu gikorwa cyo gusoza amahugurwa y’ibanze ku banyeshuri 115 mu Ishuri Rikuru rya Polisi mu Karere ka Musanze (National Police College).
Uyu muhango witabiriwe n’abayobozi batandukanye baturutse mu nzego zirimo izishinzwe umutekano. Aya mahugurwa yari amaze amezi atandatu, aho yitabiriwe n’abagenzacyaha ba RIB 50, abapolisi 54, abasirikare batanu, abashinzwe Igorora batanu n’abashinzwe umutekano n’iperereza batanu.
Website https://bienvenudo.com