Nsabumukunzi Fausin wahoze Ari Konseye wa Segiteri Kibirizi , Ubu ni mu Karere ka Gisagara , yafatiwe ahitwa Bridge Hampton I New York muri Leta .

By Bienvenudo.com
7 hours ago

Nsabumukunzi Faustin wahoze ari Konseye wa Segiteri Kibirizi, ubu ni mu Karere ka Gisagara, yafatiwe  ahitwa Bridgehampton i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika akurikiranyweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Nsabumukunzi yabaga muri Amerika kuva muri 2003 akora ubworozi bw’inzuki. Mu gusaba ibyangombwa byo kubayo no gukorerayo, yahishe uruhare rwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Ubwo yafatwaga ku wa Kane tariki 24 Mata 2025, yagize ati “Ibyanjye birarangiye.”  
Nsabumukunzi w’imyaka 65 y’amavuko, naramuka ahamwe n’icyaha cy’uburiganya mu gusaba ibyangombwa byo gutura muri Amerika ashobora gufungwa imyaka 30, ariko ashobora no koherezwa mu Rwanda, agakurikiranwa kuri urwo ruhare rwe muri Jenoside.

Nsabumukunzi Faustin wahoze ari Konseye wa Segiteri Kibirizi, ubu ni mu Karere ka Gisagara, yafatiwe ahitwa Bridgehampton i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika akurikiranyweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Nsabumukunzi yabaga muri Amerika kuva muri 2003 akora ubworozi bw’inzuki. Mu gusaba ibyangombwa byo kubayo no gukorerayo, yahishe uruhare rwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Ubwo yafatwaga ku wa Kane tariki 24 Mata 2025, yagize ati “Ibyanjye birarangiye.”  
Nsabumukunzi w’imyaka 65 y’amavuko, naramuka ahamwe n’icyaha cy’uburiganya mu gusaba ibyangombwa byo gutura muri Amerika ashobora gufungwa imyaka 30, ariko ashobora no koherezwa mu Rwanda, agakurikiranwa kuri urwo ruhare rwe muri Jenoside.
google.com, pub-8424431947926653, DIRECT, f08c47fec0942fa0
Nsabumukunzi Faustin wahoze ari Konseye wa Segiteri Kibirizi, ubu ni mu Karere ka Gisagara, yafatiwe  ahitwa Bridgehampton i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika akurikiranyweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Nsabumukunzi yabaga muri Amerika kuva muri 2003 akora ubworozi bw’inzuki. Mu gusaba ibyangombwa byo kubayo no gukorerayo, yahishe uruhare rwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Ubwo yafatwaga ku wa Kane tariki 24 Mata 2025, yagize ati “Ibyanjye birarangiye.”  
Nsabumukunzi w’imyaka 65 y’amavuko, naramuka ahamwe n’icyaha cy’uburiganya mu gusaba ibyangombwa byo gutura muri Amerika ashobora gufungwa imyaka 30, ariko ashobora no koherezwa mu Rwanda, agakurikiranwa kuri urwo ruhare rwe muri Jenoside.

Tags:

#update

Related Updates

WhatsApp Google Map

Safety and Abuse Reporting

Thanks for being awesome!

We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!

Have a great day!

Are you sure you want to report abuse against this website?

Please note that your query will be processed only if we find it relevant. Rest all requests will be ignored. If you need help with the website, please login to your dashboard and connect to support

;