Nubwo nta mushahara ngarukakwezi ubaho kuri Perezida wa FERWAFA kuko burya ni umukorerabushake.
CAF igenera Perezida w'Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru udufaranga two kugura amazi yagiye nko kureba iterambere rya ruhago n'utwo kwitwaza igihe yakandagira inyanya mu isoko ntabure icyo kwishyura tungana n'ibihumbi 60 $
Ni udufaranga dusaga gato miliyoni 90 FRW.
Si twinshi kuko ubaze ku kwezi ni nka twa miliyoni 7 FRW
Gusa aha ntabwo harajyamo wenda utwo agenerwa na FERWAFA mu kwakira abashyitsi, guhamagara abandi ba perezida, lisansi dore ko izamuka buri munsi na twa misiyo, ngo hakoryoha utwo mu nteko rusange ya CAF na FIFA usanga tutagera neza kuri miliyoni 5 FRW.
Nubwo nta mushahara ngarukakwezi ubaho kuri Perezida wa FERWAFA kuko burya ni umukorerabushake.
CAF igenera Perezida w'Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru udufaranga two kugura amazi yagiye nko kureba iterambere rya ruhago n'utwo kwitwaza igihe yakandagira inyanya mu isoko ntabure icyo kwishyura tungana n'ibihumbi 60 $
Ni udufaranga dusaga gato miliyoni 90 FRW.
Si twinshi kuko ubaze ku kwezi ni nka twa miliyoni 7 FRW
Gusa aha ntabwo harajyamo wenda utwo agenerwa na FERWAFA mu kwakira abashyitsi, guhamagara abandi ba perezida, lisansi dore ko izamuka buri munsi na twa misiyo, ngo hakoryoha utwo mu nteko rusange ya CAF na FIFA usanga tutagera neza kuri miliyoni 5 FRW.
Nubwo nta mushahara ngarukakwezi ubaho kuri Perezida wa FERWAFA kuko burya ni umukorerabushake.
CAF igenera Perezida w'Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru udufaranga two kugura amazi yagiye nko kureba iterambere rya ruhago n'utwo kwitwaza igihe yakandagira inyanya mu isoko ntabure icyo kwishyura tungana n'ibihumbi 60 $
Ni udufaranga dusaga gato miliyoni 90 FRW.
Si twinshi kuko ubaze ku kwezi ni nka twa miliyoni 7 FRW
Gusa aha ntabwo harajyamo wenda utwo agenerwa na FERWAFA mu kwakira abashyitsi, guhamagara abandi ba perezida, lisansi dore ko izamuka buri munsi na twa misiyo, ngo hakoryoha utwo mu nteko rusange ya CAF na FIFA usanga tutagera neza kuri miliyoni 5 FRW.