Nubwo nta mushahara ngarukakwezi ubaho kuri Perezida wa FERWAFA kuko burya ni umukorerabushake.

By bienvenudo.com
8 hours ago

Nubwo nta mushahara ngarukakwezi ubaho kuri Perezida wa FERWAFA kuko burya ni umukorerabushake. 

CAF igenera Perezida w'Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru udufaranga two kugura amazi yagiye nko kureba iterambere rya ruhago n'utwo  kwitwaza igihe yakandagira inyanya mu isoko ntabure icyo kwishyura tungana n'ibihumbi 60 $

Ni udufaranga dusaga gato miliyoni 90 FRW.

Si twinshi kuko ubaze ku kwezi ni nka twa miliyoni 7 FRW

Gusa aha ntabwo harajyamo wenda utwo agenerwa na FERWAFA mu kwakira abashyitsi, guhamagara abandi ba perezida, lisansi dore ko izamuka buri munsi na twa misiyo, ngo hakoryoha utwo mu nteko rusange ya CAF na FIFA usanga tutagera neza kuri miliyoni 5 FRW.

Nubwo nta mushahara ngarukakwezi ubaho kuri Perezida wa FERWAFA kuko burya ni umukorerabushake. 

CAF igenera Perezida w'Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru udufaranga two kugura amazi yagiye nko kureba iterambere rya ruhago n'utwo  kwitwaza igihe yakandagira inyanya mu isoko ntabure icyo kwishyura tungana n'ibihumbi 60 $

Ni udufaranga dusaga gato miliyoni 90 FRW.

Si twinshi kuko ubaze ku kwezi ni nka twa miliyoni 7 FRW

Gusa aha ntabwo harajyamo wenda utwo agenerwa na FERWAFA mu kwakira abashyitsi, guhamagara abandi ba perezida, lisansi dore ko izamuka buri munsi na twa misiyo, ngo hakoryoha utwo mu nteko rusange ya CAF na FIFA usanga tutagera neza kuri miliyoni 5 FRW.

Nubwo nta mushahara ngarukakwezi ubaho kuri Perezida wa FERWAFA kuko burya ni umukorerabushake. 

CAF igenera Perezida w'Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru udufaranga two kugura amazi yagiye nko kureba iterambere rya ruhago n'utwo  kwitwaza igihe yakandagira inyanya mu isoko ntabure icyo kwishyura tungana n'ibihumbi 60 $

Ni udufaranga dusaga gato miliyoni 90 FRW.

Si twinshi kuko ubaze ku kwezi ni nka twa miliyoni 7 FRW

Gusa aha ntabwo harajyamo wenda utwo agenerwa na FERWAFA mu kwakira abashyitsi, guhamagara abandi ba perezida, lisansi dore ko izamuka buri munsi na twa misiyo, ngo hakoryoha utwo mu nteko rusange ya CAF na FIFA usanga tutagera neza kuri miliyoni 5 FRW.

Tags:

#update

Related Updates

WhatsApp Google Map

Safety and Abuse Reporting

Thanks for being awesome!

We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!

Have a great day!

Are you sure you want to report abuse against this website?

Please note that your query will be processed only if we find it relevant. Rest all requests will be ignored. If you need help with the website, please login to your dashboard and connect to support

;