Nyampinga w'Isi agiye gusura igihugu cya mbere muri Afurika
Suchata Opal uherutse kwegukana ikamba rya Nyampinga w'Isi wa 2025, nyuma y'uko atowe akomeje kuzenguruka ibihugu bitandukanye byo ku Isi abisura ndetse kuri ubu hakaba hatahiwe Afurika.
Nk'uko byatangajwe binyujijwe ku rukuta rw'irushanwa rya Nyampinga w'Isi, batangaje ko nyuma ya Indonesia ubu Tanzania nicyo gihugu Miss Suchata Tanzania agiye gukurikizaho gusa ntibatangaje igihe uru ruzinduko azarugirira.
Ni uruzinduko azakora agaragiwe n'umukobwa wegukanye ikamba rya 'Miss World Africa', Hasset Dereje ukomoka muri Ethiopia.
Nyampinga w'Isi agiye gusura igihugu cya mbere muri Afurika
============================
Suchata Opal uherutse kwegukana ikamba rya Nyampinga w'Isi wa 2025, nyuma y'uko atowe akomeje kuzenguruka ibihugu bitandukanye byo ku Isi abisura ndetse kuri ubu hakaba hatahiwe Afurika.
Nk'uko byatangajwe binyujijwe ku rukuta rw'irushanwa rya Nyampinga w'Isi, batangaje ko nyuma ya Indonesia ubu Tanzania nicyo gihugu Miss Suchata Tanzania agiye gukurikizaho gusa ntibatangaje igihe uru ruzinduko azarugirira.
Ni uruzinduko azakora agaragiwe n'umukobwa wegukanye ikamba rya 'Miss World Africa', Hasset Dereje ukomoka muri Ethiopia.
Nyampinga w'Isi agiye gusura igihugu cya mbere muri Afurika
============================
Suchata Opal uherutse kwegukana ikamba rya Nyampinga w'Isi wa 2025, nyuma y'uko atowe akomeje kuzenguruka ibihugu bitandukanye byo ku Isi abisura ndetse kuri ubu hakaba hatahiwe Afurika.
Nk'uko byatangajwe binyujijwe ku rukuta rw'irushanwa rya Nyampinga w'Isi, batangaje ko nyuma ya Indonesia ubu Tanzania nicyo gihugu Miss Suchata Tanzania agiye gukurikizaho gusa ntibatangaje igihe uru ruzinduko azarugirira.
Ni uruzinduko azakora agaragiwe n'umukobwa wegukanye ikamba rya 'Miss World Africa', Hasset Dereje ukomoka muri Ethiopia.