By bienvenido.com
yesterday
Nyuma yo gusubukurwa k’ubukwe bw’abageni bo muri Nyamasheke bari bategewe mu nzira n’abagizi ba nabi babakubise bakabagira intere, aba baravuga ko byabashyize mu gihombo gikomeye kuko ibyo bari bateguye byangiritse bagasaba ko ababahemukiye bahanwa by’intangarugero, mu gihe ubuyobozi bw’umurenge wa Bushenge byabereyemo buvuga ko abantu 8 bamaze gutabwa muri yombi barimo 3 bafatanywe bimwe mu byambuwe abageni nk’impeta n’inkweto umusore yari kwambara.
Nyuma yo gusubukurwa k’ubukwe bw’abageni bo muri Nyamasheke bari bategewe mu nzira n’abagizi ba nabi babakubise bakabagira intere, aba baravuga ko byabashyize mu gihombo gikomeye kuko ibyo bari bateguye byangiritse bagasaba ko ababahemukiye bahanwa by’intangarugero, mu gihe ubuyobozi bw’umurenge wa Bushenge byabereyemo buvuga ko abantu 8 bamaze gutabwa muri yombi barimo 3 bafatanywe bimwe mu byambuwe abageni nk’impeta n’inkweto umusore yari kwambara.
Nyuma yo gusubukurwa k’ubukwe bw’abageni bo muri Nyamasheke bari bategewe mu nzira n’abagizi ba nabi babakubise bakabagira intere, aba baravuga ko byabashyize mu gihombo gikomeye kuko ibyo bari bateguye byangiritse bagasaba ko ababahemukiye bahanwa by’intangarugero, mu gihe ubuyobozi bw’umurenge wa Bushenge byabereyemo buvuga ko abantu 8 bamaze gutabwa muri yombi barimo 3 bafatanywe bimwe mu byambuwe abageni nk’impeta n’inkweto umusore yari kwambara.
We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!
Have a great day!