Perezida Donald Trump yaba yarihaye Igikombe ndetse n'Umudali byari guhabwa Chelsea, ubwo begukanaga Club World Cup?
Ni nyuma y'amashusho agaragaza Donald Trump ari kubika umudali ku ikote rye ubwo Perezida wa FIFA yawumuhaga ngo arebe mbere yuko yagombaga gutangira kuyambika abakinnyi ba Chelsea ubwo batwaraga igikombe ku cyumweru.
Ubusanzwe mwene iyi midali iba igenewe abakinnyi ndetse nabatoza b'ikipe yatwaye igikombe, icyakora amaze kuwubika Gianni Infantino uyobora FIFA yaretse Donald Trump arawugumana abona kujya kwambika abakinnyi imidali.
Ibi kandi bije nyuma yuko hasohotse inkuru itangaje ivuga ko igikombe cyahawe Chelsea atari icy'umwimerere (Replica) kuko icy'umwimerere (Original) nacyo ngo Donald Trump yarakigumanye mu biro bye, bituma Chelsea ihabwa ikitaricyo.
Pamakiopress.rwPerezida Donald Trump yaba yarihaye Igikombe ndetse n'Umudali byari guhabwa Chelsea, ubwo begukanaga Club World Cup?
Ni nyuma y'amashusho agaragaza Donald Trump ari kubika umudali ku ikote rye ubwo Perezida wa FIFA yawumuhaga ngo arebe mbere yuko yagombaga gutangira kuyambika abakinnyi ba Chelsea ubwo batwaraga igikombe ku cyumweru.
Ubusanzwe mwene iyi midali iba igenewe abakinnyi ndetse nabatoza b'ikipe yatwaye igikombe, icyakora amaze kuwubika Gianni Infantino uyobora FIFA yaretse Donald Trump arawugumana abona kujya kwambika abakinnyi imidali.
Ibi kandi bije nyuma yuko hasohotse inkuru itangaje ivuga ko igikombe cyahawe Chelsea atari icy'umwimerere (Replica) kuko icy'umwimerere (Original) nacyo ngo Donald Trump yarakigumanye mu biro bye, bituma Chelsea ihabwa ikitaricyo.
Website https://bienvenudo.com