Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yitezweho kuzageza ijambo ku basaga 250 bazitabira Inama ya 20 ihuza Abepisikopi bo muri Afurika na Madagascar (SECAM) izatangira ku wa 30 Nyakanga ikageza ku wa 4 Kanama 2025.
Iyo nama izaba ihurije hamwe Abakaridinali, Abepisikopi, Abapadiri, Abihayimana b’abagabo n’abagore, Abalayiki n’abandi biyeguriye Imana, bazaba baganira ku musanzu wa Kiliziya Gatolika mu guhangana n’ibibazo binyuranye byugarije Afurika.
m.imvahonshya.co.rw
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yitezweho kuzageza ijambo ku basaga 250 bazitabira Inama ya 20 ihuza Abepisikopi bo muri Afurika na Madagascar (SECAM) izatangira ku wa 30 Nyakanga ikageza ku wa 4 Kanama 2025.
Iyo nama izaba ihurije hamwe Abakaridinali, Abepisikopi, Abapadiri, Abihayimana b’abagabo n’abagore, Abalayiki n’abandi biyeguriye Imana, bazaba baganira ku musanzu wa Kiliziya Gatolika mu guhangana n’ibibazo binyuranye byugarije Afurika. https://bienvenudo.com