Ross Kana ubwo yagarukaga kuri Muyango Claudine bakoranye igice cya mbere cy'ikiganiro 'Date of the day', yavuze ko uko yamurebaga n'uburyo yitwaye byari ikiganiro gusa nta kindi cyari kibyihishemo dore ko benshi basigaye batekereza ko hari icyari mu ndoro yamurebaga.
Yagize ati:"Nukuri kw'Imana ndarahiye, hariya byari ikiganiro gisanzwe cyitwa kuriya nyine kandi umwihariko wacyo ni ukwitwara kuriya nitwaye, kandi byarangiriye hariya".
Bigendanye n'ibiri kumuvugwaho kugeza ubu (Muyango Claudine) , Ross Kana yagize ati:"Muyango ni umuntu ufite umutima ukomeye, utu tungu twose nakomeje numva ndeba ntacyo twamutwara. Arakomeye bihagije kandi ndabyizeye"
Ross Kana ubwo yagarukaga kuri Muyango Claudine bakoranye igice cya mbere cy'ikiganiro 'Date of the day', yavuze ko uko yamurebaga n'uburyo yitwaye byari ikiganiro gusa nta kindi cyari kibyihishemo dore ko benshi basigaye batekereza ko hari icyari mu ndoro yamurebaga.
Yagize ati:"Nukuri kw'Imana ndarahiye, hariya byari ikiganiro gisanzwe cyitwa kuriya nyine kandi umwihariko wacyo ni ukwitwara kuriya nitwaye, kandi byarangiriye hariya".
Bigendanye n'ibiri kumuvugwaho kugeza ubu (Muyango Claudine) , Ross Kana yagize ati:"Muyango ni umuntu ufite umutima ukomeye, utu tungu twose nakomeje numva ndeba ntacyo twamutwara. Arakomeye bihagije kandi ndabyizeye"
#bienvenudonews