google.com, pub-8424431947926653, DIRECT, f08c47fec0942fa0Kuri uyu mugoroba muri Kigali Convention Centre ahari kubera umuhango wo guhemba indashyikirwa za Shampiyona y’u Rwanda ya 2024/25 mu byiciro birindwi bitandukanye.
Ni igikorwa cyitabiriwe n’abantu batandukanye barimo abashyikirizwa ibihembo, abayobozi b’inzego zitandukanye zifite aho zihuriye n’umupira w’amaguru mu Rwanda ndetse n’abafatanyabikorwa.
Ibyiciro bihembwa ni Umukinnyi w’Umwaka, Umutoza w’Umwaka, Umukinnyi Muto wahize abandi, uwatsinze ibitego byinshi, Umunyezamu w’umwaka, igitego cy’umwaka ndetse n’ikipe y’abakinnyi 11 beza b’Umwaka wa 2024-2025
Kuri uyu mugoroba muri Kigali Convention Centre ahari kubera umuhango wo guhemba indashyikirwa za Shampiyona y’u Rwanda ya 2024/25 mu byiciro birindwi bitandukanye.
Ni igikorwa cyitabiriwe n’abantu batandukanye barimo abashyikirizwa ibihembo, abayobozi b’inzego zitandukanye zifite aho zihuriye n’umupira w’amaguru mu Rwanda ndetse n’abafatanyabikorwa.
Ibyiciro bihembwa ni Umukinnyi w’Umwaka, Umutoza w’Umwaka, Umukinnyi Muto wahize abandi, uwatsinze ibitego byinshi, Umunyezamu w’umwaka, igitego cy’umwaka ndetse n’ikipe y’abakinnyi 11 beza b’Umwaka wa 2024-2025