Uwahoze ari Minisiteri w’Ibikorwaremezo yajyanwe mu nkiko n'umugore yijeje kurongora ntiyabikora.
Ku wa 16 Nzeri 2025, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatangiye kuburanisha Dr Ernest Nsabimana wahoze ari Minisitiri w’Ibikorwaremezo. Aregwa na Muganga Chantal wamushinje kumwizeza kumugira umugore, nyuma akamuta agashaka undi.
Chantal avuga ko byamugizeho ingaruka zikomeye zirimo uburwayi budakira, agasaba urukiko kumuvuza no kumuha indishyi z’akababaro. Nsabimana ntiyitabye urukiko, ahubwo yahagarariwe n’umwunganizi we mu by’amaUwahoze ari Minisiteri w’Ibikorwaremezo yajyanwe mu nkiko n'umugore yijeje kurongora ntiyabikora.
Ku wa 16 Nzeri 2025, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatangiye kuburanisha Dr Ernest Nsabimana wahoze ari Minisitiri w’Ibikorwaremezo. Aregwa na Muganga Chantal wamushinje kumwizeza kumugira umugore, nyuma akamuta agashaka undi.
Chantal avuga ko byamugizeho ingaruka zikomeye zirimo uburwayi budakira, agasaba urukiko kumuvuza no kumuha indishyi z’akababaro. Nsabimana ntiyitabye urukiko, ahubwo yahagarariwe n’umwunganizi we mu by’amategeko, uvuga ko ibyo aregwa nta shingiro bifite.tegeko, uvuga ko ibyo aregwa nta shingiro bifite.
Uwahoze ari Minisiteri w’Ibikorwaremezo yajyanwe mu nkiko n'umugore yijeje kurongora ntiyabikora.
Ku wa 16 Nzeri 2025, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatangiye kuburanisha Dr Ernest Nsabimana wahoze ari Minisitiri w’Ibikorwaremezo. Aregwa na Muganga Chantal wamushinje kumwizeza kumugira umugore, nyuma akamuta agashaka undi.
Chantal avuga ko byamugizeho ingaruka zikomeye zirimo uburwayi budakira, agasaba urukiko kumuvuza no kumuha indishyi z’akababaro. Nsabimana ntiyitabye urukiko, ahubwo yahagarariwe n’umwunganizi we mu by’amategeko, uvuga ko ibyo aregwa nta shingiro bifite.