Umunyarwandakazi uzwiho gutegura ibirori muri Uganda washakanye Weseal, Sandra Teta yagarutse ku gahinda aterwa n’abantu birirwa bamutuka bamwibasira ko yihambira kuri uyu muhanzi.
Ibi byagiye bituruka ku mubano w’aba bombi uhora wumvikanamo amakimbirane aho mu minsi yashize Teta yigongeye umugabo we akajya mu bitaro bakanamushyiramo ibyuma mu maguru ni mu gihe hari igihe Sandra Teta na we yigize gukibitwa isura barayihindanya aho ari uyu mugabo we wabikoze nubwo Teta yabihakanye.
Sandra Teta yabwiye ibitangazamakuru byo muri Uganda ko yatewe agahinda n’abantu bamwibasiye bavuga ko amwihambiraho ndetse ko nta muryango afite, ngo icyo bakwiye kumenya ni uko nta rugo rwubakwa nk’urundi cyangwa ngo rwubakirwe mu itangazamakuru.
Inkuru irambuye sura www.bienvenudo.rw