google.com, pub-8424431947926653, DIRECT, f08c47fec0942fa0
Umuririmbyi akaba n’umushyushyarugamba Kasirye Martin uzwi cyane nka MC Tino, yasezeye kuri KT Radio nyuma y’imyaka itatu akorera iki gitangazamakuru, abinyujije mu kiganiro cy’imyidagaduro Dunda Show cyakundwaga n’urubyiruko n’abakunzi b’umuziki nyarwanda.
Mu kiganiro yagiranye na Inyarwanda dukesha iyi nkuru , MC Tino yavuze ko yandikiye ubuyobozi bwa KT Radio asezera ku mugaragaro kuri uyu wa Gatatu, tariki 30 Mata 2025, ndetse ashimira bagenzi be n’ubuyobozi bwamuhaye amahirwe yo gukorera kuri iyi radiyo.
Yagize ati “Ejo ku wa Gatatu ni bwo nanditse mbashimira uburyo twakoranye, kandi mbashimira uko twakoranye akazi. KT Radio ndabashimira, twabanye neza. Rero abantu bakundaga kunyumva, bazajya banyumva kuri Royal FM. Navuga ko nsubiye mu rugo rero.”
Umuririmbyi akaba n’umushyushyarugamba Kasirye Martin uzwi cyane nka MC Tino, yasezeye kuri KT Radio nyuma y’imyaka itatu akorera iki gitangazamakuru, abinyujije mu kiganiro cy’imyidagaduro Dunda Show cyakundwaga n’urubyiruko n’abakunzi b’umuziki nyarwanda.
Mu kiganiro yagiranye na Inyarwanda dukesha iyi nkuru , MC Tino yavuze ko yandikiye ubuyobozi bwa KT Radio asezera ku mugaragaro kuri uyu wa Gatatu, tariki 30 Mata 2025, ndetse ashimira bagenzi be n’ubuyobozi bwamuhaye amahirwe yo gukorera kuri iyi radiyo.
Yagize ati “Ejo ku wa Gatatu ni bwo nanditse mbashimira uburyo twakoranye, kandi mbashimira uko twakoranye akazi. KT Radio ndabashimira, twabanye neza. Rero abantu bakundaga kunyumva, bazajya banyumva kuri Royal FM. Navuga ko nsubiye mu rugo rero.”
Umuririmbyi akaba n’umushyushyarugamba Kasirye Martin uzwi cyane nka MC Tino, yasezeye kuri KT Radio nyuma y’imyaka itatu akorera iki gitangazamakuru, abinyujije mu kiganiro cy’imyidagaduro Dunda Show cyakundwaga n’urubyiruko n’abakunzi b’umuziki nyarwanda.
Mu kiganiro yagiranye na Inyarwanda dukesha iyi nkuru , MC Tino yavuze ko yandikiye ubuyobozi bwa KT Radio asezera ku mugaragaro kuri uyu wa Gatatu, tariki 30 Mata 2025, ndetse ashimira bagenzi be n’ubuyobozi bwamuhaye amahirwe yo gukorera kuri iyi radiyo.
Yagize ati “Ejo ku wa Gatatu ni bwo nanditse mbashimira uburyo twakoranye, kandi mbashimira uko twakoranye akazi. KT Radio ndabashimira, twabanye neza. Rero abantu bakundaga kunyumva, bazajya banyumva kuri Royal FM. Navuga ko nsubiye mu rugo rero.”
Source: KT Radio