by Bienvenido Info
March 13th 2025.

Umuyobozi w’inyeshyamba za M23 zifatanya n'ihuriro Alliance Fleuve Congo, Maj.Gen. Sultan Makenga, yavuze ko Perezida  Félix Tshisekedi wemeye kuganira na AFC/M23, ari umuntu udakunda igihugu, ngo "ni igisambo."

Yabivuze ubwo yagiranaga ikiganiro na Alain Destexhe, wahoze ari senateri mu Bubiligi akaba n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abaganga Batagira Umupaka, umaze iminsi asura ibice bigenzurwa na M23.

Ni nyuma y’uko Guverinoma ya Angola yemeje ko ku wa 18 Werurwe 2025, abarwanyi ba M23 bazagirana ibiganiro bitaziguye n’uruhande rwa leta ya Congo.

Ibiro bya Perezida wa Angola byatangaje ko izo ntumwa za DRCongo n’iza M23 zizahurira ku meza y’ibiganiro i Luanda.

Gen. Makenga yavuze ko biteguye kuganira bitaziguye na Kinshasa .

Bienvenido Info user

Bienvenido Info

[email protected]
Search Website

Search

Explore

Tags

Subscribe

Newsletter

WhatsApp Google Map

Safety and Abuse Reporting

Thanks for being awesome!

We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!

Have a great day!

Are you sure you want to report abuse against this website?

Please note that your query will be processed only if we find it relevant. Rest all requests will be ignored. If you need help with the website, please login to your dashboard and connect to support