Umwaka urashize Perezida Paul Kagame arahiriye kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka itanu izageza mu 2029, dore ko yarahiye tariki ya 11 Kanama 2024.
Ni umuhango witabiriwe n’Abanyarwanda ibihumbi 45 bari bateraniye muri Stade Amahoro, witabiriwe n’Abakuru b’Ibihugu 22, ba Visi Perezida bane, ba Minisitiri w’Intebe babiri, abayobozi b’Inteko Zishinga Amategeko babiri, batanu bayobora imiryango mpuzamahanga, batatu bahoze ari Abakuru b’Ibihugu n’abandi banyacyubahiro batandukanye.
Muri uyu mwaka ushize, Perezida Kagame amaze arahiriye u Rwanda yakozemo byinshi gusa Imvaho Nshya igiye kugaruka ku by’ingenzi.
Soma Inkuru Irambuye unyuze aha👉: https://imvahonshya.co.rw/umwaka-urashize-perezida-kagame-arahiriye-kuyobora-manda-ya-4/
Umwaka urashize Perezida Paul Kagame arahiriye kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka itanu izageza mu 2029, dore ko yarahiye tariki ya 11 Kanama 2024.
Ni umuhango witabiriwe n’Abanyarwanda ibihumbi 45 bari bateraniye muri Stade Amahoro, witabiriwe n’Abakuru b’Ibihugu 22, ba Visi Perezida bane, ba Minisitiri w’Intebe babiri, abayobozi b’Inteko Zishinga Amategeko babiri, batanu bayobora imiryango mpuzamahanga batatu bahoze ari Abakuru b’Ibihugu n’abandi banyacyubahiro batandukanye.
Muri uyu mwaka ushize, Perezida Kagame amaze arahiriye u Rwanda yakozemo byinshi gusa Imvaho Nshya igiye kugaruka ku by’ingenzi.
Website https://beinvenudo.com