Umwaka urashize Perezida Paul Kagame arahiriye kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka itanu izageza mu 2029, dore ko yarahiye tariki ya 11 Kanama 2024.

By bienvenudo.com
14 hours ago

Umwaka urashize Perezida Paul Kagame arahiriye kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka itanu izageza mu 2029, dore ko yarahiye tariki ya 11 Kanama 2024.

Ni umuhango witabiriwe n’Abanyarwanda ibihumbi 45 bari bateraniye muri Stade Amahoro, witabiriwe n’Abakuru b’Ibihugu 22, ba Visi Perezida bane, ba Minisitiri w’Intebe babiri, abayobozi b’Inteko Zishinga Amategeko babiri, batanu bayobora imiryango mpuzamahanga, batatu bahoze ari Abakuru b’Ibihugu n’abandi banyacyubahiro batandukanye.

Muri uyu mwaka ushize, Perezida Kagame amaze arahiriye u Rwanda yakozemo byinshi gusa Imvaho Nshya igiye kugaruka ku by’ingenzi.
Soma Inkuru Irambuye unyuze aha👉: https://imvahonshya.co.rw/umwaka-urashize-perezida-kagame-arahiriye-kuyobora-manda-ya-4/
Umwaka urashize Perezida Paul Kagame arahiriye kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka itanu izageza mu 2029, dore ko yarahiye tariki ya 11 Kanama 2024.

Ni umuhango witabiriwe n’Abanyarwanda ibihumbi 45 bari bateraniye muri Stade Amahoro, witabiriwe n’Abakuru b’Ibihugu 22, ba Visi Perezida bane, ba Minisitiri w’Intebe babiri, abayobozi b’Inteko Zishinga Amategeko babiri, batanu bayobora imiryango mpuzamahanga batatu bahoze ari Abakuru b’Ibihugu n’abandi banyacyubahiro batandukanye.

Muri uyu mwaka ushize, Perezida Kagame amaze arahiriye u Rwanda yakozemo byinshi gusa Imvaho Nshya igiye kugaruka ku by’ingenzi.

Website https://beinvenudo.com

Tags:

#update

Related Updates

WhatsApp Google Map

Safety and Abuse Reporting

Thanks for being awesome!

We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!

Have a great day!

Are you sure you want to report abuse against this website?

Please note that your query will be processed only if we find it relevant. Rest all requests will be ignored. If you need help with the website, please login to your dashboard and connect to support

;