Zimwe mumpamvu zirigutuma abasirikare ba SADC Batari gutaha.
1. Twibukiranyeko amasuka yagiye ark abayahingishaga batari bagenda uretse bamwe 54 bahereke zamodoka
Bagombaga kugenda Nimodoka za International Express na Ritco gusa kugera aya masaha ntibarishyurwa.
Kubatwara byakorwa hagati ya 2 na 3 weeks bakagenda mubyiciro.
2. Hari abasirikare bari sake mubambiro ndetse na Goma.
Abari sake bashobora kugenda, gusa abari Goma na mubambiro biragoye kuko ubwo M23 yafataga goma yafashe intwaro zabo akaba arizo ikoresha ifata kavumu na bukavu.
Harimo imodoka nimbunda zigezweho byihutisha urugamba.
Igihe M23 na SADC baganiraga ibiganiro bakemererwa gusohoka mubigo byabo bagatembera goma, M23 yabasabye ko yafata intwaro zabo zose kugirangoogle.com, pub-8424431947926653, DIRECT, f08c47fec0942fa0go yizere ko batahungabanya umutekano warubanda.
Izo mwabonye ejobundi amakamyo yikoreye ninkeya cyane hhhhhh
3. Mugutwara intwaro harizo M23 itabahaye kuko zari zivanze niza FARDC, izindi ikazikoresha kurugamba ihanganyemo nabarundi na wazalendo.
Ibihugu bya SADC byumwihariko Africa du sud abaturage bamereye nabi reta zabo bashaka intwaro bajyanye nabasirikare byose bigaruka.
Rero Barareba bagasanga Nibacyura abasirikare babo kd intwaro zituzuye bazakuraho bakabura ibyo basobanurira rubanda.
Twibukiranye ko SADC igizwe nibihugu 16 ark hakaba haraje 3 gusa, Africa yepfo Tanzania na Malawi.
Amategeko yintambara avuga ko iyo watsizwe ufatwa nkimfungwa yintambara ugakurwaho intwaro zose ubundi ukabaho nkimfugwa.
Urwanda rwemereye SADC inzira bagacyura abasirikare nintwaro ark intwaro ukwazo namasasu ukwayo.
Batangaje ko abasirikare barengaho 4800, murumvako Intwaro zari nyinshi cyane.
Mubigo byabo M23 yasanze hari FARDC na Wazalendo FDLR bahungiyeyo ihita ibata muriyombi,. Amabuye yagaciro yo barayambuwe nibindi bikoresho.
SADC na M23 bakomeje ibiganiro
M23 Iti izo twabahaye nizo zanyu izindi zisigaye niza FARDC
SADC iti zose nizacu mutaziduhaye ntiducyura abasirikare.
Zimwe mumpamvu zirigutuma abasirikare ba SADC Batari gutaha.
1. Twibukiranyeko amasuka yagiye ark abayahingishaga batari bagenda uretse bamwe 54 bahereke zamodoka
Bagombaga kugenda Nimodoka za International Express na Ritco gusa kugera aya masaha ntibarishyurwa.
Kubatwara byakorwa hagati ya 2 na 3 weeks bakagenda mubyiciro.
2. Hari abasirikare bari sake mubambiro ndetse na Goma.
Abari sake bashobora kugenda, gusa abari Goma na mubambiro biragoye kuko ubwo M23 yafataga goma yafashe intwaro zabo akaba arizo ikoresha ifata kavumu na bukavu.
Harimo imodoka nimbunda zigezweho byihutisha urugamba.
Igihe M23 na SADC baganiraga ibiganiro bakemererwa gusohoka mubigo byabo bagatembera goma, M23 yabasabye ko yafata intwaro zabo zose kugirango yizere ko batahungabanya umutekano warubanda.
Izo mwabonye ejobundi amakamyo yikoreye ninkeya cyane hhhhhh
3. Mugutwara intwaro harizo M23 itabahaye kuko zari zivanze niza FARDC, izindi ikazikoresha kurugamba ihanganyemo nabarundi na wazalendo.
Ibihugu bya SADC byumwihariko Africa du sud abaturage bamereye nabi reta zabo bashaka intwaro bajyanye nabasirikare byose bigaruka.
Rero Barareba bagasanga Nibacyura abasirikare babo kd intwaro zituzuye bazakuraho bakabura ibyo basobanurira rubanda.
Twibukiranye ko SADC igizwe nibihugu 16 ark hakaba haraje 3 gusa, Africa yepfo Tanzania na Malawi.
Amategeko yintambara avuga ko iyo watsizwe ufatwa nkimfungwa yintambara ugakurwaho intwaro zose ubundi ukabaho nkimfugwa.
Urwanda rwemereye SADC inzira bagacyura abasirikare nintwaro ark intwaro ukwazo namasasu ukwayo.
Batangaje ko abasirikare barengaho 4800, murumvako Intwaro zari nyinshi cyane.
Mubigo byabo M23 yasanze hari FARDC na Wazalendo FDLR bahungiyeyo ihita ibata muriyombi,. Amabuye yagaciro yo barayambuwe nibindi bikoresho.
SADC na M23 bakomeje ibiganiro
M23 Iti izo twabahaye nizo zanyu izindi zisigaye niza FARDC
SADC iti zose nizacu mutaziduhaye ntiducyura abasirikare.
#bienvenudo News