by Bienvenido Info
March 14th 2025.

M23 yasabye Felix Tshisekedi kuvugira ku mugaragaro ko ashaka kuganira na M23.

AFC/M23 kandi yasabye Angola kumenyesha ibyerekeye abantu bose barebwa n'ikibazo kubyerekeye ibiganiro ndetse na AFC/M23 ikamenyeshwa kuko ngo nta rwandiko yari yabona uretse ngo ibyo yasomye kuri 'Facebook Page' ya Perezidansi ya Angola.

Muri uru rwandiko M23 yatangaje ko nayo yemera ko nta bundi buryo bwo gukemura amakimbirane ari muri Congo atari ibiganiro.


Bienvenido Info user

Bienvenido Info

[email protected]
Search Website

Search

Explore

Categories

Explore

Tags

Subscribe

Newsletter

WhatsApp Google Map

Safety and Abuse Reporting

Thanks for being awesome!

We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!

Have a great day!

Are you sure you want to report abuse against this website?

Please note that your query will be processed only if we find it relevant. Rest all requests will be ignored. If you need help with the website, please login to your dashboard and connect to support