Abarimo Moïse Katumbi ntibakozwa iby’amasezerano RDC yagiranye n’amakipe y’i Burayi. Moïse Katumbi Umuyobozi w’Ishyaka

Description

Abarimo Moïse Katumbi ntibakozwa iby’amasezerano RDC yagiranye n’amakipe y’i Burayi. Moïse Katumbi Umuyobozi w’Ishyaka

Tags :

#Abarimo Moïse Katumbi ntibakozwa iby’amasezerano RDC yagiranye n’amakipe y’i Burayi. Moïse Katumbi Umuyobozi w’Ishyaka Ensemble Pour La Republique (PPRD) yandikiye ibaruwa Perezida Félix Antoine Tshisekedi avuga ko ayo masezerano ari "Nk’igitutsi ku kababaro k’abaturage ba Congo". Katumbi avuga ko atumva ukuntu Leta yatanga amamiliyoni i Burayi nyamara Shampiyona y'iwabo ifite ibibazo by'amikoro. Ati "Barasohora miliyoni z’amadorari yo gufasha amakipe akize cyane y’I Burayi mu gihe bananiwe gutanga 600 000$ ngo turangize shampiyona yacu y’umupira w’amaguru. Ni ngombwa kwibutsa ko shampiyona yacu yahagaze igeze hagati kubera kubura amafaranga?” Ni amasezerano icyo gihugu cyagiranye n’amakipe arimo AC Milan yo mu Butaliyani #AS Monaco yo mu Bufaransa hamwe na FC Barcelone yo muri Espagne #kugira ngo azafasha RDC kuyamamariza ubukerarugendo. Bizatuma muri rusange Leta ya RDC yishyura ikiguzi kingana n’Amayero arenga miliyoni 90 kugira ngo ayo makipe azayamamaze kugeza mu mwaka wa 2029. Harimo agera kuri miliyoni 43 azishyurwa FC Barcelone yonyine. RDC ikazishyura iyo kipe hagati ya miliyoni 11$ na miliyoni 13$ ku mwaka mu gihe cy’imyaka ine y’aya masezerano.
WhatsApp Google Map

Safety and Abuse Reporting

Thanks for being awesome!

We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!

Have a great day!

Are you sure you want to report abuse against this website?

Please note that your query will be processed only if we find it relevant. Rest all requests will be ignored. If you need help with the website, please login to your dashboard and connect to support

;