Afande Deo Rusanganwa nyuma yo kwegukana igikombe kiruta ibindi(super cup) yavuze amagambo akomeye , yagize ati"
"RAYONSPORT NZAYITSINDA NONGERE NYITSINDE MPAKA KUGEZIGIHE IZAGERA KURWEGO RWA APR FC "
Yakomoje kubirebana na staff technical nayo agira icyo ayivugaho
ati"STAFF TECHNICAL NTIYUZUYE TURIFUZA KUZUZA IMYANYA IBURA KUGIRANGO IKIPE IMERE NEZA MUBYA TECHNIC"byumvikaneko Taleb ntaho azajya 🤷🙅
Afande yanakomoje kubyabakinnyi bashya ikipe izazana agirati
"IBYO BIZAGENWA NUMUTOZA NIWE UZATUBWIRA AHARI IBIHANGA KANDI TWIFUZA KUGURA ABAKINNYI BARI KURWEGO MPUZAMAHANGA BAHANGANA NAMAKIPE AKOMEYE"
Afande Deo yemejeko akiri Chairman wa Apr FC ahubwo kubona umwanya bigoye bitewe nakazi kenshi Ariko yemezako harabamufasha kdi bikagenga neza
Umuyobozi wa Apr Deo Rusanganwa yasoje asaba abafana ba Apr FC kutita kumagambo yurucantege bumva kumaradio amwe namwe ahubwo babe hafi ikipe yabo ko izabaha ibyishimo bamenyereye
Yanemejeko burya Apr FC isigaye ifite abafana BENSHI kurusha Rayon sport
Ese nawe Niko ubibona?
Bienvenido Info