Angola nubwo ariyo igiye guhuza AFC/M23 na Leta ya Kinshasa ariko imbande zombi ziracyafite impungenge cyane ku ruhande rwa M23.

By BIENVENUDO Empire
Fri, 21-Mar-2025, 12:16

Angola yatangaje ko yatunguwe bikomeye kubona President Paul Kagame ahura na President Tshisekedi muri Qatar

Ngo kubwabo bagombaga guhurira muri Angola ngo apana muri Qatar.

Angola yamaze kugaragaza uruhande ihagazeho kugeze nubwo banga kubushake inshuro zirenga ebyiri zose kwandika ko leta ya Kinshasa izahura na AFC/M23. Bo bandikaga M23 gusa. 

Nubwo AFC/M23 yabasubije mwibaruwa ya mbere ku butumire bababwira ko ari AFC/M23 atari M23 gusa.

Ku nshuro ya kabiri nanone banditse M23  aho kuba AFC/M23 yewe banandika nabi izina rya President Bisimwa ( banditse Bizimwa)

Kuba Angola ihengekeye kuri Congo, kandi u Rwanda nkigihugu nacyo gishaka kuvugana na Congo kubera FDLR, byagorana kwizera Angola.

AFC/M23 nayo kubera impamvu nanditse nabo byagorana kwizera Angola.

Nibashaka bahurire mwijuru, ikibazo ni aho guhurira? Cyangwa ni ibintu baganiraho? Igihita kikwereka ko ubuhuza bwa Angola bukemangwa

Tags:

#update

Related Updates

WhatsApp Google Map

Safety and Abuse Reporting

Thanks for being awesome!

We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!

Have a great day!

Are you sure you want to report abuse against this website?

Please note that your query will be processed only if we find it relevant. Rest all requests will be ignored. If you need help with the website, please login to your dashboard and connect to support

;