Select a date and time slot to book an Appointment
Date Of Appointment
Gen. Muhoozi yasabye Kenya kubaha uburenganzira ku nyanja vuba na bwangu
Umuhungu wa Perezida wa Uganda akaba n’umuyobozi w’ingabo z’igihugu, General Muhoozi Kainerugaba yongeye gushyigikira amagambo aherutse kuvugwa na se, Perezida Yoweri Museveni, avuga ko Uganda ikwiye kugira uburenganzira bwo kugera ku Nyanja y’Abahinde.
Mu butumwa bwe bwumvikanamo ubwirasi, Muhoozi yagize ati: “Kenya igomba kuduhereza vuba inzira ituganisha ku Nyanja y’Abahinde. Nitabikora, bizateza ibibazo bikomeye mu bihe bizaza.”
Muhoozi yakomeje avuga ko Uganda imaze igihe kirekire ifunze, idafite aho icisha ibicuruzwa byayo mu nyanja, kandi ko ikibazo atari ubucuruzi gusa, ahubwo ari “uburenganzira bw’igihugu n’ubusugire bwacyo.”
Aya magambo ye aje nyuma y’uko Perezida Museveni na we aherutse gutangaza ko inyanja “ari iyacu,” kandi ko umunsi umwe “tuzayifata.”
Ibi byatangije impaka zikomeye mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, cyane hagati ya Uganda na Kenya, aho abantu benshi batangiye kwibaza niba ibi bitazongera umwuka mubi w’ububanyi n’amahanga hagati y’ibihugu byombi.
Gen. Muhoozi yasabye Kenya kubaha uburenganzira ku nyanja vuba na bwangu
Umuhungu wa Perezida wa Uganda akaba n’umuyobozi w’ingabo z’igihugu, General Muhoozi Kainerugaba yongeye gushyigikira amagambo aherutse kuvugwa na se, Perezida Yoweri Museveni, avuga ko Uganda ikwiye kugira uburenganzira bwo kugera ku Nyanja y’Abahinde.
Mu butumwa bwe bwumvikanamo ubwirasi, Muhoozi yagize ati: “Kenya igomba kuduhereza vuba inzira ituganisha ku Nyanja y’Abahinde. Nitabikora, bizateza ibibazo bikomeye mu bihe bizaza.”
Muhoozi yakomeje avuga ko Uganda imaze igihe kirekire ifunze, idafite aho icisha ibicuruzwa byayo mu nyanja, kandi ko ikibazo atari ubucuruzi gusa, ahubwo ari “uburenganzira bw’igihugu n’ubusugire bwacyo.”
Aya magambo ye aje nyuma y’uko Perezida Museveni na we aherutse gutangaza ko inyanja “ari iyacu,” kandi ko umunsi umwe “tuzayifata.”
Ibi byatangije impaka zikomeye mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, cyane hagati ya Uganda na Kenya, aho abantu benshi batangiye kwibaza niba ibi bitazongera umwuka mubi w’ububanyi n’amahanga hagati y’ibihugu byombi.
November 13th 2025, 11:24 AM to December 6th 2025, 11:24 AM
We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!
Have a great day!
Please note that your query will be processed only if we find it relevant. Rest all requests will be ignored. If you need help with the website, please login to your dashboard and connect to support