Select a date and time slot to book an Appointment
Date Of Appointment
TRUMP NTABYIYUMVISHA
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump ntiyumva ukuntu Afurika y’Epfo iri muri G20 Ihuriro ry'ibihugu bikomeye ku Isi.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atazitabira inama y’ibihugu bikomeye ku Isi biri mu ihuriro rya G20, iteganyijwe kubera i Johannesburg muri Afurika y’Epfo, avuga ko iki gihugu “kitagomba no kuba kiri muri iri tsinda.” agaragaza ko habera ibintu bibi byinshi.

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump ntiyumva ukuntu Afurika y’Epfo iri muri G20 Ihuriro ry'ibihugu bikomeye ku Isi.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atazitabira inama y’ibihugu bikomeye ku Isi biri mu ihuriro rya G20, iteganyijwe kubera i Johannesburg muri Afurika y’Epfo, avuga ko iki gihugu “kitagomba no kuba kiri muri iri tsinda.” agaragaza ko habera ibintu bibi byinshi.
Mu ijambo yavugiye mu nama y’ubucuruzi ya America Business Forum yabereye i Miami ku wa 5 Ugushyingo 2025, Trump yavuze ko yahisemo kudahagararira igihugu cye muri iyo nama, izabera muri Afurika y’Epfo.
Trump akunze kwibasira ubutegetsi bwa Perezida Cyril Ramaphosa, amushinja kurebera ubwicanyi bukorerwa abazungu bakomoka bo muri iki gihugu.
Mu ijambo yavugiye mu nama y’ubucuruzi ya America Business Forum yabereye i Miami ku wa 5 Ugushyingo 2025, Trump yavuze ko yahisemo kudahagararira igihugu cye muri iyo nama, izabera muri Afurika y’Epfo.
Trump akunze kwibasira ubutegetsi bwa Perezida Cyril Ramaphosa, amushinja kurebera ubwicanyi bukorerwa abazungu bakomoka bo muri iki gihugu.

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump ntiyumva ukuntu Afurika y’Epfo iri muri G20 Ihuriro ry'ibihugu bikomeye ku Isi.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atazitabira inama y’ibihugu bikomeye ku Isi biri mu ihuriro rya G20, iteganyijwe kubera i Johannesburg muri Afurika y’Epfo, avuga ko iki gihugu “kitagomba no kuba kiri muri iri tsinda.” agaragaza ko habera ibintu bibi byinshi.
Mu ijambo yavugiye mu nama y’ubucuruzi ya America Business Forum yabereye i Miami ku wa 5 Ugushyingo 2025, Trump yavuze ko yahisemo kudahagararira igihugu cye muri iyo nama, izabera muri Afurika y’Epfo.

Trump akunze kwibasira ubutegetsi bwa Perezida Cyril Ramaphosa, amushinja kurebera ubwicanyi bukorerwa abazungu bakomoka bo muri iki gihugu.







November 11th 2025, 9:47 AM to January 8th 2028, 9:47 AM
We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!
Have a great day!
Please note that your query will be processed only if we find it relevant. Rest all requests will be ignored. If you need help with the website, please login to your dashboard and connect to support