Ku munsi w'ejo umugaba mukuru w'Ingabo z'U Rwanda akaba n'umuyobozi w'icyubahiro wa APR FC ๐๐๐ง ๐๐ ๐๐ฎ๐๐๐ซ๐๐ค
ari kumwe na Chairman wa APR FC ๐๐ซ๐ข๐ ๐๐๐ง ๐๐๐จ ๐๐ฎ๐ฌ๐๐ง๐ ๐๐ง๐ฐ๐ basuye ikipe mbere yo gukina na Rayon Sports uyu munsi.ย
Ubutumwa Umuyobozi w'icyubahiro yabageneye:
"Nizeye ko ejo amanota azataha iwacu kuko ubushobozi murabufite kandi murabizi ko iyo mutsinze buri mukino hari ibyo mugenerwa ariko byโumwihariho mwatsinda uyu mukino hari ibyange nange mba mbahishiye kandi nubu rwose ntibyahindutse, agaseke kari hariya mwe nimwitware neza ejo ubundi nange nkore ibyo mpora mbemerera.
Abasanzwe hano murabizi ko muri iki gihe kโlgisibo Rayon itaradutsinda na rimwe ejo rero bikomeze gutyo mudushimishirize Abakunzi ba APR F.C, nโ Ingabo zโ u Rwanda kandi twese tuzaba tubari inyuma
Mbifurije amahirwe masa".
APR F.C, Intsinzi Iteka.